• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu Bushinwa abantu bari munsi y’ibiro 50 babujijwe kuva ma mazu yabo.

minebwenews by minebwenews
April 13, 2025
in World News
0
Mu Bushinwa abantu bari munsi y’ibiro 50 babujijwe kuva ma mazu yabo.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Bushinwa abantu bari munsi y’ibiro 50 babujijwe kuva ma mazu yabo.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Mu majyaguru y’igihugu cy’u Bushinwa, abantu bapima ibilo biri munsi ya 50 basabwe kudasohoka mu mazu yabo, kubera umuyaga ukomeye wibasiye icyo gice.

Ibice byibasiriwe cyane n’uwo muyaga, birimo Beinjing, Tianjin na Habei.
Mbere yuko uwo muyaga utera ibyo bice ikigo cyiteganya gihe cy’u Bushinwa cyari cyasohoye itangazo rimenyesha ko uyu muyaga uzatera kandi ko uzazana ubukana kuruta ibindi bihe byose wigeze gutera muri iki gihugu.

Bikaba biri mubyatumye abantu bari munsi y’ibiro 50 basabwa kutava mu mazu yabo kugeza igihe uzahagarara.

Uyu muyaga wibasiye iki gihugu kuva ku wa gatanu tariki ya 11/04/2025.

Bivugwa ko uwo muyaga uri guhuha uturutse mu bice bya Mongalia, ukaba umaze guhirika ibiti bisaga 300 ndetse unangiza n’ibintu byinshi harimo n’imodoka.

Nubwo kugeza ubu bivugwa ko nta muntu urakomeretswa n’uwo muyaga cyangwa ngo ugire uwo wica, ariko abaturage basabwe kwirinda ingendo zitari ngombwa.

Ubundi kandi, uyu muyaga watumye ingendo z’ubwikorezi zihagarara, aho n’indege zirenga 400 zahagaritswe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Beijing. Ndetse kandi n’indendo za gari ya mashi zahagaritswe.

Byavuzwe ko ari bwo bwa mbere u Bushinwa butewe n’umuyaga ufite ubukana buri kuri uru rwego mu myaka 10 ishize.

Tags: Ibilo 50U BushinwaUmuyaga
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 Requested Kinshasa to do Certain Things Before Both Parties Enter into Negotiations.

Waba waruzi impamvu AFC/M23 itirukana burundu ingabo za SADC ku butaka bwa RDC? twabivuye imuzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?