Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Butaliyani niho inama y’umuryango wa G7 yateraniye initabirwa na Papa Francis, menya ibyayo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 14, 2024
in Regional Politics
0
Mu Butaliyani niho inama y’umuryango wa G7 yateraniye initabirwa na Papa Francis, menya ibyayo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Butaliyani niho inama y’umuryango wa G7 yateraniye initabirwa na Papa Francis, menya ibyayo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni nama yabaye bwa mbere mu 1973, icyo gihe kandi yitabiriwe n’umushumba mu kuru wa kiliziya Katolika ku Isi, waje ari umushitsi w’imena.

Muri iyi Nama y’uyu muryango wa G7 yateranye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 14/06/2024, Papa Francis yasabye abayobozi ba G7 n’abandi batumirwa babo kwita no gushyira imbere icyubahiro cya kiremwa muntu mw’ikorana buhanga ry’ubwenge karemano.

Anasobanura ko iri korana buhanga(artificial intelligence) rishobora guhindura ubusa busa umubano hagati y’abantu.

Yagize ati: “Ibyemezo ntibikwiye gufatwa n’imashini. Tureke abantu bakomeze bifatire ibyemezo ubwobo.”

Nyuma y’uko Papa Francis yari amaze kuvuga iri jambo by’u mwihariko yagiye kuganira n’abayobozi icumi bari mu nama , umwe ukwe undi ukwe. Aba ni ba perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Volodymir Zelnsky wa Ukraine, Emmanuel Macron w’u Bufaransa, Louiz Ignacio Lula da Silva wa Brezil, Recep Tayyip Erdogan wa Türkiya, William Ruto wa Kenya, Abdelmadjid Tebboune wa Aljeriya, na ba minisitiri b’intebe Naredeau wa Canada, na perezida w’ikigega mpuzamahanga cy’imari Kristalina Georgieva.

Mu byo baganiriyeho harimo intambara zo muri Ukraine no mu Ntara ya Gaza muri Palestina.

Igitangaza makuru dukesha iy’inkuru cya Reuters, cyatangaje ko muri iyi nama, abayobozi ba G7 batangaje umugambi mugari wo ku rwanya inzara, ibura ry’ibiribwa n’imirire mibi kw’isi. Uyu mugambi uzashyira ingufu cyane cyane mu bihugu bikenye n’imishinga muri Afrika. Bizajyana no kubigabanyiriza cyangwa ku bisonera amadeni.

            MCN.
Tags: G7InamaPapa Francis
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bw’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, buratabarizwa ku goboka abaturage bari kwicwa na Wazalendo.

Ubuyobozi bw'i Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, buratabarizwa ku goboka abaturage bari kwicwa na Wazalendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?