• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu gihe benshi bibaza ku ruzinduko rwa Lt General Masunzu yagiriye i Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, amakuru yarwo yamaze gusobanuka.

minebwenews by minebwenews
April 20, 2024
in World News
0
Mu gihe benshi bibaza ku ruzinduko rwa Lt General Masunzu yagiriye i Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, amakuru yarwo yamaze gusobanuka.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihe benshi bakomeje kwibaza ku ruzinduko rwa Lt General Pacique Masunzu yagiriye i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, amakuru yarwo yamaze gusobanuka.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Lt Gen Pacifique Masunzu yageze i Bukavu ku murwa mu kuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ahagana ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 16/04/2024, nk’uko Minembwe Capital News yahawe amakuru n’abasirikare bahafi ye.

Gen Masunzu akuriye 2ème zone de defense mu buyobozi bw’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ubwo yari amaze kugera i Bukavu, ku mbuga nkoranya mbaga hacicyibikanye amakuru menshi avuga kuri we, amwe yavugaga ko yoba aje kuyobora Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, andi yavugaga ko agiye kuyobora urugamba rwo kurwanya M23 no gukorera operasiyo imitwe y’itwaje imbunda mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Epfo. Hari n’andi yavugaga ko aje ku kibazo kigize igihe kivugwa cya Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Théo Kasi Ngwabidje.

Minembwe Capital News yabwiwe ko uruzinduko General Masunzu arimo i Bukavu, rugamije gusura nyirabukwe nyuma y’uko Se, ubyara umudamu we amaze igihe kingana n’umwaka yitabye Imana.

Kuva icyo gihe akaba yari atarasura nyirabukwe, nk’uko iy’inkuru igera kuri Minembwe Capital News.

Uwahaye MCN iy’i nkuru yagize ati: “Nukuri yari yaje gusura nyirabukwe, no gushira indabyo ku mva ya sebukwe.”

Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 17/04/2024, Lt Gen Pacifique Masunzu ari kumwe na Lt Col Frarank, nka Chief escort we, basuye imva ya sebukwe, bashiraho n’indabo.

Sebukwe, yari azwi kw’izina rya Mureta Erisha, yapfuye umwaka ushize, aguye i Bukavu akaba ari naho yashinguwe.

2ème zone de defense, General Masunzu ayoboye, zigizwe n’Intara icyenda, arizo Kasï Oriental, Kasai Central, Lomami, Sankuru, Haut-Lomami, Haut Katanga, Lualaba na Tanyika.

Binavugwa ko uruzinduko Masunzu yagiriye i Bukavu, ruzarangira ku Cyumweru, tariki ya 21/04/2024 aho azahita yurira indege asubira mu kazi i Lubumbashi.

              MCN.
Tags: BukavuGeneral MasunzuUruzinduko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Sobanukirwa byinshi ku ndwara(metathesiophobia) ituma benshi batinya impinduka, menya n’uko wayirwanya.

Sobanukirwa byinshi ku ndwara(metathesiophobia) ituma benshi batinya impinduka, menya n'uko wayirwanya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?