• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu gihe byavugwa ko u Burundi n’u Rwanda birimo kwiyunga, Ndayishimiye yongeye kuri kora atungura benshi.

minebwenews by minebwenews
March 18, 2025
in World News
0
Mu gihe byavugwa ko u Burundi n’u Rwanda birimo kwiyunga, Ndayishimiye yongeye kuri kora atungura benshi.
108
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihe byavugwa ko u Burundi n’u Rwanda birimo kwiyunga, Ndayishimiye yongeye kuri kora atungura benshi.

You might also like

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

EU Yahagaritse Amasezerano n’Amerika, Intangiriro y’Intambara Nshya y’Ubukungu

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yongeye kwibasira u Rwanda avuga ko arirwo nyiribayazana w’ibibazo byose biri mu karere, mu gihe byavugwa ko ari mu biganiro n’abategetsi b’u Rwanda mu byo kugarura umubano hagati y’ibihugu byombi.

Ku cyumweru gishyize nibwo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yashyize ibirego ku Rwanda, ni mu gihe yari yitabiriye amasengesho y’itorero rya Eglise Vision de Jesus Krist.

Muri aya masengesho Ndayishimiye yumvikanye ari kubwira abakristo ko mbere y’umwaka wa 1959 nta kibazo cy’ivangura rishingiye kumoko ryabaga mu Burundi, kandi ko iki gihugu kitigeze gihura n’iryo vangura, ariko ko iki gihugu cyaje kubamo ubwicanyi bushingiye ku moko bitewe n’u Rwanda.

Yagize ati: “Mu Burundi mbere ya 1959 nta kibazo twari dufite. Abazungu bari baragerageje kuducamo ibice kugeza ubwo mu 1975 bashyiraho itegeko rikumira Abahutu, ariko biranga kubera ko hari hakiriho umwami w’Abarundi . Ni we wungaga ubumwe abo Barundi, n’ubwo abazungu bari gukora iki ntibyari gukunda.”

Ndayishimiye avuga kandi ubu bumwe bwakomeje mu gihe cy’ubutegetsi bw’igikomangoma Louis Rwagosore wabaye minisitiri w’intebe wa kabiri w’u Burundi; ariko ngo ishyano riza kugwa nyuma ya 1959 bigizwemo uruhare n’u Rwanda.”

Yagize ati: “Nyuma ya 1959 ni bwo ishyano ryaguye. Ryaguye gute? Aho hakurya mu Rwanda badukanye Abahutu n’Abatutsi baricana . Abatutsi bahunze bahungira i Burundi kiba kirabyutse hano mu gihugu cyacu. Abanyarwanda bavuye hariya baje kwanduza Abarundi, Abarundi twanduzwa n’ikibazo kandi mbere twari umwe . Amacakubiri yagiye kujya mu ngiro nyuma ya 1959. Abazungu bari baragerageje biranga, nyamara mu Rwanda byari byarakunze.”

Ndayishimiye yanagaragaje ko mbere y’umwaka wa 1996 Abanye-Congo na bo bari bunze ubumwe, gusa birangira na bo batangiye gucikamo ibice na bwo bigizwemo uruhare n’u Rwanda.

Yagize ati: “Muri Kivu y’Epfo bose bari baremeye gushyira intwaro hasi baravuga bati turashaka umutekano wa twese. Umubembe agire umutekano n’Umunyamulenge agire umutekano, icyo kibazo rero cyagiye kuza mu 1996. Cyari kibazo kivuye he? Murumva mu Burundi twakizaniwe mu 1959 bivuye ku byabaye mu Rwanda, Abanye-Congo na bo bakizaniwe nyuma ya 1996 biturutse ku byabaye mu Rwanda. None u Rwanda, ibi bihugu byacu bijye bibona amabi yose ko yavuye mu Rwanda.”

Muri iki kiganiro, perezida w’u Burundi yahise aha gasopo u Rwanda, arusaba kumenya ibibazo byarwo aho kwinjira mu by’igihugu cyabandi, ngo kuko mu Burundi nta muhutu cyangwa Umututsi uhaba.

Uyu mugabo yongeye kuzana ibi bibazo, aho yagaragaje u Rwanda nkanyiribayazana w’ibibazo byose akarere gafite mu gihe umubano w’ibihugu byombi byavugwa ko waba ugiye kugarukamo amahoro.

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yari aheruka kuvuga ko hari icyizere ko u Rwanda n’u Burundi bishobora kwiyunga.

Aho yagize ati: “Babandi badukoronije, u Rwanda, u Burundi na RDC barabanje bashyira hamwe ibyo bihugu, rero ibyo byombi birarwanya u Rwanda. Ariko ibyo biragenda bijya ku ruhande bisobanuka. Sinshaka kubitindaho turagenda dushaka kubana neza na bamwe muri abo babiri mvuze.”

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda nawe, Olivier Nduhungirehe mu cyumweru gishize, abinyujije kuri x, yatangaje ko u Rwanda n’u Burundi biri mu nzira yo guhagarika ubushamirane no kumvikana, mu gihe ibiganiro bikomeje hagati y’abayobozi bo mu bihugu byombi.

Hagataho ibyavuzwe na perezida Ndayishimiye biteye impungenge z’uko bishobora kongera kuzambya ibintu.

Tags: NdayishimiyeU BurundiU Rwanda
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails

EU Yahagaritse Amasezerano n’Amerika, Intangiriro y’Intambara Nshya y’Ubukungu

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
EU Yahagaritse Amasezerano n’Amerika, Intangiriro y’Intambara Nshya y’Ubukungu

EU Yahagaritse Amasezerano n’Amerika, Intangiriro y’Intambara Nshya y’Ubukungu Nk’uko bigaragara mu isesengura rikomeje gukwirakwira mu nzego za dipolomasi n’ubukungu ku Isi, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wafashe icyemezo...

Read moreDetails

Perezida Trump Yasesereje Macron, Umubano wa Amerika n’u Bufaransa Urushaho Kuzamba

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Perezida Trump Yasesereje Macron, Umubano wa Amerika n’u Bufaransa Urushaho Kuzamba

Perezida Trump Yasesereje Macron, Umubano wa Amerika n’u Bufaransa Urushaho Kuzamba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gukoresha imvugo ikakaye irimo kwiyemera gukomeye, atangaza...

Read moreDetails

Minisitiri Netanyahu Yateye Induru ku Mugambi Mushya wa Trump kuri Gaza

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Minisitiri Netanyahu Yateye Induru ku Mugambi Mushya wa Trump kuri Gaza

Minisitiri Netanyahu Yateye Induru ku Mugambi Mushya wa Trump kuri Gaza Minisitiri w’Intebe wa Leta ya Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yasabye ko haterana byihutirwa Inama y’Abaminisitiri bashinzwe Ingabo n’Umutekano,...

Read moreDetails
Next Post
U Bubiligi nabwo bwafashe icyemezo gikakaye nyuma y’aho u Rwanda rwirukanye Abadipolomate babwo.

U Bubiligi bwagiriwe inama yuko bwari kuba bwitwara mu gihe ari bwo nyiribayazana w'amateka mabi u Rwanda rwagize.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?