Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu gihe hacyicibikanye amakuru avuga ko perezida Cyril Ramaphosa yitezwe Uganda haje Jakaya Kikwete wahoze ari perezida wa Tanzania.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 16, 2024
in Regional Politics
0
Mu gihe hacyicibikanye amakuru avuga ko perezida Cyril Ramaphosa yitezwe Uganda haje Jakaya Kikwete wahoze ari perezida wa Tanzania.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku munsi w’ejo hashize perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yakiriye mu biro bye uwahoze ari perezida wa Tanzania Jakaya Kikwete, maze baganira ku bibazo bya Afrika y’iburasizuba.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15/04/2024, nibwo bwana Jakaya Kikwete, wahoze ari perezida mu gihugu cya Tanzania, yasesekaye i Kampala ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Uganda.

Ibiro bikuru by’umukuru w’i Gihugu cya Uganda (State House Uganda ) byemeje ay’amakuru, aho byanavuze ko Kikwete yahaye perezida Yoweli Kaguta Museveni indamukanyo ya mugenzi we wa Tanzania Samia Suluhu Hassan.

State House Uganda yanavuze ko ibiganiro byaba bayobozi bombi byibanze ku guhuza kw’i bihugu by’Afrika y’iburasirazuba kugira ngo hubakwe isoko ihuza ibi bihugu byo mu karere.

Iyi soko ikaba iri mu mipango yigihe kirekire ku bihugu by’Afrika y’iburasirazuba.

Kikwete yaje mu gihe hari hacyicibikanye amakuru avuga ko i Kampala hitezwe perezida wa Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ndetse byavugaga ko uruzinduko rwa Cyril Ramaphosa ruzakomereza no mu gihugu cya Sudan y’Epfo. Ay’amakuru yakomeje avuga ko uruzinduko rwa Cyril Ramaphosa ruzaba rugamije kurebera hamwe uko umutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ugaruka.

Ariko ibiro bya perezida Cyril Ramaphosa byatangaje ko iki gihugu cya Afrika y’Epfo cyakiriye nyiricyubahiro umwami Mswati wa III.

Bikaba bitaramenyekana neza igihe Cyril Ramaphosa azagerera Uganda.

        MCN.
Tags: Isoko ihuza Afrika y'iburasizubaKikweteTanzania
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Abapolisi babiri ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, baraye biciwe mu mujyi wa Goma.

Abapolisi babiri ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, baraye biciwe mu mujyi wa Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?