• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mu gihe ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC bikomeje kwibasira Abanyamulenge, MRDP yavuze icyo yifuza.

minebwenews by minebwenews
August 6, 2025
in Conflict & Security
0
Mu gihe ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC bikomeje kwibasira Abanyamulenge, MRDP yavuze icyo yifuza.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihe ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC bikomeje kwibasira Abanyamulenge, MRDP yavuze icyo yifuza.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko ushaka amahoro, ariko ko ufite uburenganzira bwo kurwana ku Banyamulenge bakomeje kugabwaho ibitero by’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo, FDLR ndetse n’ingabo z’u Burundi.

Mu mpera zakiriya cyumweru gishize, MRDP yavuze ko hari FDLR iri gutorezwa mu Burundi mu rwego rwo kugira ngo ifatanye na FARDC, FDNB n’umutwe wa Wazalendo mu kugaba ibitero ku Banyamulenge.

Usobanura ko amakuru yizewe ufite yemeza ko FDLR bava mu Burundi, buri wese yahawe amadorali 50, bagakomereza mu gace ka Luvungi, Lubarika na Lemera, ngo kuko ari ho hari ibirindiro byabo byagateganyo.

Ubundi kandi ku wa kabiri w’iki cyumweru yavuze kandi ko ibitero bya FDLR, FARDC n’umutwe wa Biroze-Bishambuke, byagabwe kw’Irumba mu majy’Epfo ya komine Minembwe.

Ugahamya ko ingabo z’u Burundi zitagize uruhare muri ibyo bitero byo ku wa kabiri, ariko uhita uzisaba guhita ziva vuba nabwangu ku butaka bwa RDC zikaja iwabo.

Maze uyu mutwe uvuga ko ushaka amahoro ariko ko ufite uburenganzira bwo kurwanirira Abanyamulenge, wifashije uburyo bwose bwemewe n’amategeko.

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 06/08/2025, ibindi bitero by’izi ngabo za RDC byagabwe mu bindi bice binyuranye byo mu nkengero ya Minembwe.

Bimwe byagabwe mu Mikenke ku Bilalombiri, Marunde, Rugezi na Gipupu. Ariko ibi byose uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 byabisubije inyuma, nubwo andi makuru avuga ko umwanzi atari kure ahubwo ko yaraye hafi aho.

Ni mu gihe iyi mirwano yanone yakijijwe n’umwijima, kuko yatangiye mu rukerera saa kumi n’imwe, igeza igihe cya saa kumi nebyiri z’umugoroba wajoro ku masaha yo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: AbanyamukengeIbiteroIhuriro ry'Ingabo za RDCMRDP -Twirwaneho
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Umurundi yishe umugore we n’abandi bari kumwe mu nzu.

Aramukiye mu misozi miremire y'i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?