Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu gihe ihuriro ry’Ingabo za RDC, zikomeje gusuka ibisasu biremereye i Masisi, SADC yo ntivuga rumwe n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uy’u wa Gatandatu, tariki ya 13/01/2024, umutwe wa M23 washinje ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, FDLR, Wagner n’Ingabo z’u Burundi hamwe na Wazalendo, gutera ibisasu biremereye mubice bituyemo abaturage benshi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nk’uko bya vuzwe n’uko biriya bisasu byarashwe muri Localité ya Mushaki, Karuba, Ruvunda, Nkingo no munkengero zaho.

Ay’amakuru yemejwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo, bateye ibisasu mu baturage baturiye ibice byo muri Masisi.”

Yoshimangiye agira ati: “M23/ARC ikomeje ku rwana ku baturage n’i byabo.”

Abaturage bo ba bakomerekeye muriyo bitero bya gabwe n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, ntacyo bwana Lawrence Kanyuka yabivuzeho, ariko amakuru duhabwa n’abaturage baturiye i Masisi, bavuze ko abakomeretse batarabasha ku menyekana umubare, ariko ko bahari.

Ibi bibaye mugihe hari amakuru agera kuri Minembwe Capital News, avuga ko Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC), zizwi ko zaje gufasha FARDC kurwanya M23 kuri ubu nti zivuga rumwe n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC.

Ay’amakuru akomeza avuga ko SADC na FARDC batumvika hejuru yuri buyobore operasiyo yo kurwanya M23.

Nk’uko bya vuzwe n’uko SADC yasabye FARDC kuyobora ibikorwa bya operasiyo yo kurwanya M23, FARDC ntiyabikozwa maze SADC ihitamo kwi taza ibikorwa by’Ingabo za RDC k’u kurwanya M23.

Umusirikare wa FARDC waganiriye na MCN ariko yanga ko izina rye rija hanze, yagize ati: “SADC rwose yahisemo kwigirayo, ubu nti vuga rumwe n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC, barapfa kuyobora operasiyo yo kurwanya Inyeshamba za M23.”

Yakomeje agira ati: “SADC yivumburiye Ingabo za Fardc kuba badafite ibice byingenzi bifatika bahagararamo kugira barwanye M23. FARDC nayo kuri ubu irasaba SADC ku rwana cyangwa bagasubira iyo baje bava.”

Harandi makuru avuga ko SADC y’aba yarasabye FARDC kwirukana FDLR ariko FARDC ivunira ibiti mu matwi.

Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo SADC, zageze k’u butaka bwa RDC, ahagana tariki ya 15/12/2023, ikaba yaraje iva mu Gihugu ca Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcIbisasu biremereyeMasisiNtivuga rumwe n'ubuyoboziSADC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Urugo rwa Chef wa Grupema ya Bijombo, rwa raye rutewe n'abagizi ba nabi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?