• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu gihe ihuriro ry’Ingabo za RDC, zikomeje gusuka ibisasu biremereye i Masisi, SADC yo ntivuga rumwe n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC.

minebwenews by minebwenews
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uy’u wa Gatandatu, tariki ya 13/01/2024, umutwe wa M23 washinje ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, FDLR, Wagner n’Ingabo z’u Burundi hamwe na Wazalendo, gutera ibisasu biremereye mubice bituyemo abaturage benshi.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Nk’uko bya vuzwe n’uko biriya bisasu byarashwe muri Localité ya Mushaki, Karuba, Ruvunda, Nkingo no munkengero zaho.

Ay’amakuru yemejwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo, bateye ibisasu mu baturage baturiye ibice byo muri Masisi.”

Yoshimangiye agira ati: “M23/ARC ikomeje ku rwana ku baturage n’i byabo.”

Abaturage bo ba bakomerekeye muriyo bitero bya gabwe n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, ntacyo bwana Lawrence Kanyuka yabivuzeho, ariko amakuru duhabwa n’abaturage baturiye i Masisi, bavuze ko abakomeretse batarabasha ku menyekana umubare, ariko ko bahari.

Ibi bibaye mugihe hari amakuru agera kuri Minembwe Capital News, avuga ko Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC), zizwi ko zaje gufasha FARDC kurwanya M23 kuri ubu nti zivuga rumwe n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC.

Ay’amakuru akomeza avuga ko SADC na FARDC batumvika hejuru yuri buyobore operasiyo yo kurwanya M23.

Nk’uko bya vuzwe n’uko SADC yasabye FARDC kuyobora ibikorwa bya operasiyo yo kurwanya M23, FARDC ntiyabikozwa maze SADC ihitamo kwi taza ibikorwa by’Ingabo za RDC k’u kurwanya M23.

Umusirikare wa FARDC waganiriye na MCN ariko yanga ko izina rye rija hanze, yagize ati: “SADC rwose yahisemo kwigirayo, ubu nti vuga rumwe n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC, barapfa kuyobora operasiyo yo kurwanya Inyeshamba za M23.”

Yakomeje agira ati: “SADC yivumburiye Ingabo za Fardc kuba badafite ibice byingenzi bifatika bahagararamo kugira barwanye M23. FARDC nayo kuri ubu irasaba SADC ku rwana cyangwa bagasubira iyo baje bava.”

Harandi makuru avuga ko SADC y’aba yarasabye FARDC kwirukana FDLR ariko FARDC ivunira ibiti mu matwi.

Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo SADC, zageze k’u butaka bwa RDC, ahagana tariki ya 15/12/2023, ikaba yaraje iva mu Gihugu ca Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcIbisasu biremereyeMasisiNtivuga rumwe n'ubuyoboziSADC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post

Urugo rwa Chef wa Grupema ya Bijombo, rwa raye rutewe n'abagizi ba nabi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?