• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu gihe Joe Biden ari mubahatanira kongera kuyobora U.S.A, muri manda ya kabiri, abaganga bo muri icyo gihugu, batangiye k’u mwandagaza.

minebwenews by minebwenews
March 11, 2024
in Regional Politics
0
Mu gihe Joe Biden ari mubahatanira kongera kuyobora U.S.A, muri manda ya kabiri, abaganga bo muri icyo gihugu, batangiye k’u mwandagaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Joe Biden, wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, arashinjwa kuba akoresha ibinini biri mu bwoko bw’ibiyobyabwenge.

You might also like

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Ni byatangajwe n’umuganga w’indwara zo mu mutwe, Carol Lieberman, wo mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Uy’u muganga usanzwe avura abarwanyi bo mu mutwe, yatangaje ibi ubwo yari mu kiganiro n’ikinyamakuru cya “Washington Times,” ku Cyumweru, tariki ya 10/04/2024. Yabwiye iki gitangaza makuru ko “Joe Biden akunze kuvuga buhoro kandi rimwe narimwe akavuga ari gusitara.”

Uyu muganga yavuze ko Biden akoresha ibinini byitwa “Amphetamine.” Bikaba bizwi nk’i kiyobya bwenge.

Gusa, Carol Lieberman, yavuze ko ubwo perezida Joe Biden aheruka kugeza ijambo ku nteko nshinga mategeko y’iki gihugu, ndetse no ku Banyamerika, ko “icyo gihe yavugiye hejuru kandi agaragaza uburakari bwinshi,” bityo ngo bikaba biri mu bimenyetso biranga abantu bamwa ibinini bya ‘amphetamine.’

Uyu muganga yakomeje kubwira kiriya gitangaza makuru ko “ririya jambo, Biden, aheruka kugeza ku nteko ishinga mategeko y’Amerika, atariryo ryo nyine rigaragaza ko amwa ibiyobyabwenge, ahubwo ko bigaragarira no mu myitwarire ye.”

Yavuze kandi ko Joe Biden akunda kwerekana ibindi bimenyetso, ngo mu gihe ari kuvuga, azunguza amaboko vuba, ngo ikindi gihe yayashiraga kuri podium, mu gihe aba ari gusoma inyandiko.

Uyu muganga yasoje avuga ko “guhungabana kumaranga mutima ko ari ikimenyetso cyo guta umutwe, kandi ibyo yabitewe no kuba amwa ikiyobyabwenge cya amphetamine.

Ibi yabivuze mu gihe Joe Biden ari mu bakandida bari guhatanira kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu matero agiye kuba muri icyo gihugu.

Kurundi ruhande, bivugwa ko Donald Trump ariwe uri gahabwa amahirwe menshi.

        MCN.
Tags: AmerikaBiden JoeIbiyobyabwenge
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Agatho Rwasa, uzwiho n’Abanyamulenge kubicira ababo mu Gatumba, mu gihugu cy’u Burundi, yaraye anyazwe i shyaka rya mwitirirwaga.

Agatho Rwasa, uzwiho n'Abanyamulenge kubicira ababo mu Gatumba, mu gihugu cy'u Burundi, yaraye anyazwe i shyaka rya mwitirirwaga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?