• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu gihe ku Cyumweru ari umunsi wogusenga Imana, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC bo, bazindutse bagaba ibitero mu baturage, i Masisi.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2024
in Regional Politics
0
Mu gihe ku Cyumweru ari umunsi wogusenga Imana, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC bo, bazindutse bagaba ibitero mu baturage, i Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haramukiye ibitero muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’i bitero byagabwe mu birindiro bya M23, mu duce turi mu nkengero ya centre ya Sake, muri Grupema ya Kamuronza, teritware ya Masisi.

Ibi bitero biramukiye mu bice byo muri teritware ya Masisi, bye mejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

Mu nyandiko Kanyuka amaze gushira hanze muri iki Gitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 11/02/2024, yavuze ko ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko bongeye kugaba ibitero mu bice bituyemo abaturage benshi, yagaragaje ko ibi bitero byagabwe mu gace ka “Nturo, Yerusalemu, Nkingo no mu nkengero zaho.”

By’u mwihariko yavuze ko ibi bitero biri kuraswa mo ibi bunda biremereye bya muzinga, kandi avuga ko bya kozwe n’ingabo za Tanzania, Afrika y’Epfo, FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi.

Hongeye kuba imirwano mu gihe ku munsi w’ejo wo k’uwa Gatandatu, hari hiriwe imirwano umunsi wose. Ni urugamba rwa bereye mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo no muri teritware ya Masisi. Bikavugwa ko k’uruhande rwa Kibumba, M23 yahanganye n’ingabo za Malawi na Tanzania, zo muri SADC.

Gusa M23 n’ubwo ihanganye n’ingabo ninshi ziva mu bihugu birenze bine, nta gace nakamwe biratangazwa ko ba mbuwe, hubwo M23 ikomeza kwigiza inyuma abo bahanganye no gufata ibindi bice.

K’u munsi w’ejo M23 yafashe ibice bya Gatsiro, werekeza Nyanzare n’utundi duce two muri teritware ya Nyiragongo.

Bruce Bahanda.

Tags: Bagabye ibiteroI MasisiIhuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDCM23Sake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Impinduka zakozwe muri leta ya Uganda, ba mwe mubategetsi ba Uganda bazise ikinyoma.

Impinduka zakozwe muri leta ya Uganda, ba mwe mubategetsi ba Uganda bazise ikinyoma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?