• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu gihugu cy’u Bwongereza, Abanyamulenge beretse Isi amateka kuko batazibagirwa ababo baguye mu Gatumba.

minebwenews by minebwenews
August 17, 2024
in World News
0
Mu gihugu cy’u Bwongereza, Abanyamulenge beretse Isi amateka kuko batazibagirwa ababo baguye mu Gatumba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihugu cy’u Bwongereza, Abanyamulenge beretse Isi amateka kuko batazibagirwa ababo baguye mu Gatumba.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Hari mu muhango wo kunamira Abanyamulenge baguye mu Gatumba mu 2004, aho kuri iyi nshuro ya 20 mu gihugu cy’u Bwongereza mu gukora uyu muhango wo kw’ibuka, hashyizweho ibuye ry’urwibutso mu gace uyu muhango wabereyemo ko mu mujyi wa Salford.

Aha uyu muhango wabereye ni ahitwa Islington Park ho mu mujyi wa Salford cyangwa mu mujyi wa Manchester.

Nk’uko byavuzwe uku kw’ibuka kwabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17/08/2024, byabayemo akarusho ni mu gihe abari muri uwo muhango bashyizeho “ibuye ry’urwibutso” mu rwego rwo kwerekana ko aba Banyamulenge baguye mu Gatumba batazibagirana mu mateka y’isi.

Mu butumwa bwatangiwe muri uyu muhango buvuga ko ahashyinzwe ibuye ry’urwibutso, hazahora hibukirwa “Abanyamulenge baguye mu Gatumba,” ndetse kandi ko hazakorerwa n’ibikorwa bizafasha abasizwe.

Abanyamulenge batuye mu Bwongereza bo bibutse kuri uyu munsi, mu gihe abandi bari hirya no hino bo bibutse ku ya 13/08/2024, usibye ko muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bibutse ku ya 10/08/2024.

Uyu muhango witabiriwe n’Abanyamulenge benshi harimo n’abaje baturutse muri Amerika, aho no ku mushusho hagaragayemo n’abayobozi bo muri Mahoro Peace Association, usibye Abanyamulenge bitabiriye n’Abongereza ubwabo bahabaye, nk’uko byavuzwe.

             MCN.
Tags: AbanyamulengeIbuye ry'urwibutsoKw'ibuka abaguye GATUMBAUbwongereza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ibindi bishya ku kwiyamamaza kwa Harris Kamala na Donald Trump muri Amerika.

Hamenyekanye ibindi bishya ku kwiyamamaza kwa Harris Kamala na Donald Trump muri Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?