Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 14, 2025
in History
0
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

You might also like

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

Muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika hasojwe imikino y’igikombe cy’isi cy’amakipe, aho cyegukanywe na Chelsea inyagiye PSG ibitego 3 kuri zero mu mukino wa nyuma wanarebwaga na perezida w’iki gihugu, Donald Trump.

Ku cyumweru tariki ya 13/07/2025, ni bwo umukino wa nyuma w’iki gikombe cy’amakipe wakinywe.

Bivugwa ko Chelsea mu gushyikirizwa igikombe, yagishyikirijwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump.

Iri rushanwa ryatangiye ku wa 15/06/2025, aho ryarimo amakipe 32.
Ni umukino amakuru akomeza avuga ko watunguye benshi, kuko ntibyari byitezwe ko Chelsea yatsinda PSG yatwaye UEFA champions league itsinze ibihugu, byatumye iyi kipe ihita ifatwa nk’iya mbere ku isi, nubwo atariko byagenze kuri stade ya MetLife.

Mu bihe bitandukanye umunyezamu Robert Sanchez yakuragamo imipira ikomeye yabaga yerekera mu izamu rya Chelsea. Ibyatumye irushaho kujya imbere.

Ikipe ya Chelsea itwaye igikombe cy’isi ku nshuro ya kabiri nyuma y’icyo yatwaye mu 2021, mu gihe ibaye ikipe ya mbere yegukanye iri rushanwa kuri ubu iri rushanwa rizajya rikinwa buri nyuma y’imyaka ine rigizwe na makipe 32.

Uretse kuba iyi kipe itwaye igikombe cy’isi cy’amakipe, yanatwaye kandi miliyoni 40 z’amadolari mu gihe muri rusange yatahanye miliyoni 125 habariwemo nayo yahawe kuva ku kwitabira kongeraho gustsinda imikino mumatsinda ndetse n’uko yagiye muri buri cyiciro ijya mu kindi.

Nyamara na PSG yahawe miliyoni 30 z’amadolari kubera gutsindwa ku mukino wa nyuma ariko nayo itahana muri rusange miliyoni 115 bitewe nuko yitwaye muri iri rushanwa aho gutsinda umukino ikipe yahabwa miliyoni 2 z’amadolari, kunganya igahabwa miliyoni imwe.

Mubambitse abakinyi n’abatoza imidali harimo perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika wakiriye irushanwa na perezida wa FIFA Gianni Infatino ari na bo bashikirije Captain wa Chelsea Reece Jemes igikombe cy’isi cy’amakipe.

Tags: 3-0ChelseaTrumpYanyagiye
Share26Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge. Umusesenguzi akaba n'Umujyanama w'umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, Kabare Girinka William, yavuze ko nta muntu...

Read moreDetails

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye. Abashinwa bavumbuye uburyo bushya bwo kuvura indwara ya Diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, bakaba bashobora gusubiza ku murongo uturemangingo twitwa beta...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y'amabuye y'agaciro cyanditswe na Mundekeza. Dr.Justin Mundekeza uri mu Banye-Congo babagenzuzi babahanga ku bijyanye na politiki y'iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n'intambara ya 3 y'isi mu gihe yoramuka ibaye. Nyuma y'aho Isi ikomeje kugarizwa n'ubushyamirane bwa politiki n'intambara hirya no hino z'urudaca, benshi batekereza...

Read moreDetails

Yatubwiye impamvu ba mwise “Imbogo-y’ishyamba.”

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Yatubwiye impamvu ba mwise “Imbogo-y’ishyamba.”

Yatubwiye impamvu ba mwise "Imbogo-y'ishyamba." Ndabarishye Buseke wamenyekanye cyane cyane ku izina rya "Imbogo-y'ishyamba, yavuze aho ibyo ku mwita iryo zina byavuye, agaragaza ko yigeze kwirukana "impyisi ku...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?