• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

minebwenews by minebwenews
July 14, 2025
in sport & entertainment
0
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

You might also like

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

Muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika hasojwe imikino y’igikombe cy’isi cy’amakipe, aho cyegukanywe na Chelsea inyagiye PSG ibitego 3 kuri zero mu mukino wa nyuma wanarebwaga na perezida w’iki gihugu, Donald Trump.

Ku cyumweru tariki ya 13/07/2025, ni bwo umukino wa nyuma w’iki gikombe cy’amakipe wakinywe.

Bivugwa ko Chelsea mu gushyikirizwa igikombe, yagishyikirijwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump.

Iri rushanwa ryatangiye ku wa 15/06/2025, aho ryarimo amakipe 32.
Ni umukino amakuru akomeza avuga ko watunguye benshi, kuko ntibyari byitezwe ko Chelsea yatsinda PSG yatwaye UEFA champions league itsinze ibihugu, byatumye iyi kipe ihita ifatwa nk’iya mbere ku isi, nubwo atariko byagenze kuri stade ya MetLife.

Mu bihe bitandukanye umunyezamu Robert Sanchez yakuragamo imipira ikomeye yabaga yerekera mu izamu rya Chelsea. Ibyatumye irushaho kujya imbere.

Ikipe ya Chelsea itwaye igikombe cy’isi ku nshuro ya kabiri nyuma y’icyo yatwaye mu 2021, mu gihe ibaye ikipe ya mbere yegukanye iri rushanwa kuri ubu iri rushanwa rizajya rikinwa buri nyuma y’imyaka ine rigizwe na makipe 32.

Uretse kuba iyi kipe itwaye igikombe cy’isi cy’amakipe, yanatwaye kandi miliyoni 40 z’amadolari mu gihe muri rusange yatahanye miliyoni 125 habariwemo nayo yahawe kuva ku kwitabira kongeraho gustsinda imikino mumatsinda ndetse n’uko yagiye muri buri cyiciro ijya mu kindi.

Nyamara na PSG yahawe miliyoni 30 z’amadolari kubera gutsindwa ku mukino wa nyuma ariko nayo itahana muri rusange miliyoni 115 bitewe nuko yitwaye muri iri rushanwa aho gutsinda umukino ikipe yahabwa miliyoni 2 z’amadolari, kunganya igahabwa miliyoni imwe.

Mubambitse abakinyi n’abatoza imidali harimo perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika wakiriye irushanwa na perezida wa FIFA Gianni Infatino ari na bo bashikirije Captain wa Chelsea Reece Jemes igikombe cy’isi cy’amakipe.

Tags: 3-0ChelseaTrumpYanyagiye
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze. Umukino wa nyuma wa CHAN 2024 wabereye kuri Moi International Sports Centre i Nairobi, tariki ya 30 zukwezi kwa munani...

Read moreDetails

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze. Liverpool iri mu biganiro bya nyuma kugira ngo isinyishe rutahizamu w’Umunyasuwede Alexander Isak ukinira Newcastle United, mu masezerano ashobora kuba manini...

Read moreDetails

The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

by minebwenews
August 29, 2025
0
The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

The Ben mu rugendo rwokuzenguruka u Burayi. Umuhanzi w’Umunyarwanda The Ben, wamamaye mu ndirimbo z’urukundo n’izihuza abakunzi b’umuziki w’iwacu n’uw’isi yose, yatangaje gahunda y’urugendo rw’ibitaramo mu burayi mu...

Read moreDetails

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

by minebwenews
August 27, 2025
0
Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe. Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’umunye-Congo, Yoane Wissa, arifuza kwimukira mu ikipe nshya nyuma y’imyaka myinshi akina muri Brentford. Wissa, wavukiye...

Read moreDetails

Kenny G agiye gususurutsa ab’i- Nairobi mu gitaramo cya Jazz cy’akataraboneka.

by minebwenews
August 26, 2025
0
Kenny G agiye gususurutsa ab’i- Nairobi mu gitaramo cya Jazz cy’akataraboneka.

Kenny G agiye gususurutsa ab'i- Nairobi mu gitaramo cya Jazz cy’akataraboneka. Umuhanzi w’icyamamare ku rwego rw’isi mu njyana ya Jazz, Kenny G, agiye kuza mu gihugu cya Kenya...

Read moreDetails
Next Post
RDC ntivuga rumwe na Uganda kwifungurwa ry’umupaka wa Bunagana.

RDC ntivuga rumwe na Uganda kwifungurwa ry'umupaka wa Bunagana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?