• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

minebwenews by minebwenews
July 14, 2025
in sport & entertainment
0
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

You might also like

Umwarimu Washushanyaga Microsoft Word ku Kibaho Yahindutse Ikimenyabose ku Isi, inkuru irambuye

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika hasojwe imikino y’igikombe cy’isi cy’amakipe, aho cyegukanywe na Chelsea inyagiye PSG ibitego 3 kuri zero mu mukino wa nyuma wanarebwaga na perezida w’iki gihugu, Donald Trump.

Ku cyumweru tariki ya 13/07/2025, ni bwo umukino wa nyuma w’iki gikombe cy’amakipe wakinywe.

Bivugwa ko Chelsea mu gushyikirizwa igikombe, yagishyikirijwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump.

Iri rushanwa ryatangiye ku wa 15/06/2025, aho ryarimo amakipe 32.
Ni umukino amakuru akomeza avuga ko watunguye benshi, kuko ntibyari byitezwe ko Chelsea yatsinda PSG yatwaye UEFA champions league itsinze ibihugu, byatumye iyi kipe ihita ifatwa nk’iya mbere ku isi, nubwo atariko byagenze kuri stade ya MetLife.

Mu bihe bitandukanye umunyezamu Robert Sanchez yakuragamo imipira ikomeye yabaga yerekera mu izamu rya Chelsea. Ibyatumye irushaho kujya imbere.

Ikipe ya Chelsea itwaye igikombe cy’isi ku nshuro ya kabiri nyuma y’icyo yatwaye mu 2021, mu gihe ibaye ikipe ya mbere yegukanye iri rushanwa kuri ubu iri rushanwa rizajya rikinwa buri nyuma y’imyaka ine rigizwe na makipe 32.

Uretse kuba iyi kipe itwaye igikombe cy’isi cy’amakipe, yanatwaye kandi miliyoni 40 z’amadolari mu gihe muri rusange yatahanye miliyoni 125 habariwemo nayo yahawe kuva ku kwitabira kongeraho gustsinda imikino mumatsinda ndetse n’uko yagiye muri buri cyiciro ijya mu kindi.

Nyamara na PSG yahawe miliyoni 30 z’amadolari kubera gutsindwa ku mukino wa nyuma ariko nayo itahana muri rusange miliyoni 115 bitewe nuko yitwaye muri iri rushanwa aho gutsinda umukino ikipe yahabwa miliyoni 2 z’amadolari, kunganya igahabwa miliyoni imwe.

Mubambitse abakinyi n’abatoza imidali harimo perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika wakiriye irushanwa na perezida wa FIFA Gianni Infatino ari na bo bashikirije Captain wa Chelsea Reece Jemes igikombe cy’isi cy’amakipe.

Tags: 3-0ChelseaTrumpYanyagiye
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umwarimu Washushanyaga Microsoft Word ku Kibaho Yahindutse Ikimenyabose ku Isi, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Umwarimu Washushanyaga Microsoft Word ku Kibaho  Yahindutse Ikimenyabose ku Isi, inkuru irambuye

Umwarimu Washushanyaga Microsoft Word ku Kibaho Yahindutse Ikimenyabose ku Isi Umwarimu wo muri Ghana, Richard Appiah Akoto, yagaragaye nk’icyitegererezo cy’ubwitange n’udushya mu burezi nyuma yo gukoresha ingwa n’ikibaho...

Read moreDetails

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

by Bahanda Bruce
November 16, 2025
0
Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria Umwuka w’amashyushyu uri hejuru mu bakunzi ba Les Léopards, aho Congo RDC yitegura guhura na Nigeria mu mukino wa...

Read moreDetails

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

by Bahanda Bruce
November 14, 2025
0
Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Igitaramo cy'amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba Umuhanzi w’icyamamare wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Fally Ipupa, yongeye...

Read moreDetails

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga Umuhanzi w’icyamamare Kitoko Bibarwa, ufite inkomoko mu karere k'i Mulenge muri Kivu y’Epfo, yagarutse mu Rwanda ku wa...

Read moreDetails

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda Abaririmbyikazi Vestine na Dorcas bakomeje kugaragaza ubuhanga n’ubushake bwo guteza imbere umuziki wa gospel mu Rwanda. Nyuma yo...

Read moreDetails
Next Post
RDC ntivuga rumwe na Uganda kwifungurwa ry’umupaka wa Bunagana.

RDC ntivuga rumwe na Uganda kwifungurwa ry'umupaka wa Bunagana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?