• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu minsi ibiri gusa, M23 imaze gufata ibice byinshi, harimo ko havuzwe n’Ingabo zihuriro rya leta ya Kinshasa, abamaze kuhasiga ubuzima.

minebwenews by minebwenews
May 2, 2024
in World News
1
Mu minsi ibiri gusa, M23 imaze gufata ibice byinshi, harimo ko havuzwe n’Ingabo zihuriro rya leta ya Kinshasa, abamaze kuhasiga ubuzima.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu minsi ibiri gusa, M23 imaze kwambura ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ibice byinshi birimo na centre zingenzi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

Ni mu mirwano yagaragaye ko ikaze, nyuma y’uko M23 ifashe agace ka Rubaya kazwiho ubutunzi kamere bw’amabuye y’agaciro, ka fashwe ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 30/04/2024.

Ku munsi wakurikiyeho, ariho ku munsi w’ejo hashize M23 yahise yirukana ingabo zo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, mu bice birimo Mululu, Runigi, Kanyenzuki, Matanda, Bihambwe, Humure na centre ya Ngungu.

Uyu munsi ho, imirwano yaje kuba igihe c’isaha z’igicamunsi, aho ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zagabye ibitero kuri M23 mu nkengero za Ngungu na Murambi, maze birangira iri huriro riyabangiye ingata, abandi nabo babirukaho ari nako M23 igenda ifata ibindi bice.

Minembwe Capital News yabwiwe ko kuri uyu wa Kane, tariki ya 02/05/2024, M23 yafashe Murambi, Kasake, Rwagara no mu bindi bice bigana i Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Kugeza ay’amasaha ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zari zikirimo zihunga zerekeza muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ku rundi ruhande herekanwe urupapuro rwatawe mu mirwano, rwanditseho abasirikare ba leta ya Kinshasa bamaze kugwa muri uru rugamba rw’iminsi ibiri, nk’uko byatangajwe n’urubuga rwa Vive.

Inyandiko ziri kuri urwo rupapuro, zigaragaza ko FARDC imaze gutakaza abasirikare 67, Abarundi 37 mu gihe Wazalendo bo, ari 47.

Tubibutsa ko teritware ya Masisi na Rutshuru bisigaranye ibice bike, kugira ngo ubutaka bwizo teritware bwigarurirwe na M23.

             MCN.
Tags: Imaze kwigarurira ibice byinshiM23Muri teritware ya Masisi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru Mu gihe amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati Mu gihe umutekano ukomeje guhungabana mu karere k’U burasirazuba bwo Hagati, ibihugu byinshi ku isi...

Read moreDetails

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje Intambara iri gukaza umurego mu karere k’Uburasirazuba bwo Hagati yakomeje gufata indi ntera,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro Amashusho ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ikigega kinini cya peteroli kiri mu murwa mukuru wa Iran,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran Mu gihe amakuru n’isesengura bitandukanye bikomeje kugaragaza ko intambara ishobora...

Read moreDetails
Next Post
Mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatanu, inkongi y’umuriro yafashye isoko nto ya Ruvumera, mu mujyi wa Bujumbura.

Mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatanu, inkongi y'umuriro yafashye isoko nto ya Ruvumera, mu mujyi wa Bujumbura.

Comments 1

  1. Pingback: DRC: Ingabo z’i Burundi Zakubitiwe Inshuro Muremure muri Masisi Maze Ziyabangra Ingata – Rwanda Tribune

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?