• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu minsi ibiri gusa, M23 imaze gufata ibice byinshi, harimo ko havuzwe n’Ingabo zihuriro rya leta ya Kinshasa, abamaze kuhasiga ubuzima.

minebwenews by minebwenews
May 2, 2024
in World News
1
Mu minsi ibiri gusa, M23 imaze gufata ibice byinshi, harimo ko havuzwe n’Ingabo zihuriro rya leta ya Kinshasa, abamaze kuhasiga ubuzima.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu minsi ibiri gusa, M23 imaze kwambura ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ibice byinshi birimo na centre zingenzi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Ni mu mirwano yagaragaye ko ikaze, nyuma y’uko M23 ifashe agace ka Rubaya kazwiho ubutunzi kamere bw’amabuye y’agaciro, ka fashwe ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 30/04/2024.

Ku munsi wakurikiyeho, ariho ku munsi w’ejo hashize M23 yahise yirukana ingabo zo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, mu bice birimo Mululu, Runigi, Kanyenzuki, Matanda, Bihambwe, Humure na centre ya Ngungu.

Uyu munsi ho, imirwano yaje kuba igihe c’isaha z’igicamunsi, aho ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zagabye ibitero kuri M23 mu nkengero za Ngungu na Murambi, maze birangira iri huriro riyabangiye ingata, abandi nabo babirukaho ari nako M23 igenda ifata ibindi bice.

Minembwe Capital News yabwiwe ko kuri uyu wa Kane, tariki ya 02/05/2024, M23 yafashe Murambi, Kasake, Rwagara no mu bindi bice bigana i Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Kugeza ay’amasaha ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zari zikirimo zihunga zerekeza muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ku rundi ruhande herekanwe urupapuro rwatawe mu mirwano, rwanditseho abasirikare ba leta ya Kinshasa bamaze kugwa muri uru rugamba rw’iminsi ibiri, nk’uko byatangajwe n’urubuga rwa Vive.

Inyandiko ziri kuri urwo rupapuro, zigaragaza ko FARDC imaze gutakaza abasirikare 67, Abarundi 37 mu gihe Wazalendo bo, ari 47.

Tubibutsa ko teritware ya Masisi na Rutshuru bisigaranye ibice bike, kugira ngo ubutaka bwizo teritware bwigarurirwe na M23.

             MCN.
Tags: Imaze kwigarurira ibice byinshiM23Muri teritware ya Masisi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatanu, inkongi y’umuriro yafashye isoko nto ya Ruvumera, mu mujyi wa Bujumbura.

Mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatanu, inkongi y'umuriro yafashye isoko nto ya Ruvumera, mu mujyi wa Bujumbura.

Comments 1

  1. Pingback: DRC: Ingabo z’i Burundi Zakubitiwe Inshuro Muremure muri Masisi Maze Ziyabangra Ingata – Rwanda Tribune

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?