Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu minsi ibiri gusa, M23 imaze gufata ibice byinshi, harimo ko havuzwe n’Ingabo zihuriro rya leta ya Kinshasa, abamaze kuhasiga ubuzima.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 2, 2024
in World News
1
Mu minsi ibiri gusa, M23 imaze gufata ibice byinshi, harimo ko havuzwe n’Ingabo zihuriro rya leta ya Kinshasa, abamaze kuhasiga ubuzima.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu minsi ibiri gusa, M23 imaze kwambura ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ibice byinshi birimo na centre zingenzi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni mu mirwano yagaragaye ko ikaze, nyuma y’uko M23 ifashe agace ka Rubaya kazwiho ubutunzi kamere bw’amabuye y’agaciro, ka fashwe ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 30/04/2024.

Ku munsi wakurikiyeho, ariho ku munsi w’ejo hashize M23 yahise yirukana ingabo zo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, mu bice birimo Mululu, Runigi, Kanyenzuki, Matanda, Bihambwe, Humure na centre ya Ngungu.

Uyu munsi ho, imirwano yaje kuba igihe c’isaha z’igicamunsi, aho ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zagabye ibitero kuri M23 mu nkengero za Ngungu na Murambi, maze birangira iri huriro riyabangiye ingata, abandi nabo babirukaho ari nako M23 igenda ifata ibindi bice.

Minembwe Capital News yabwiwe ko kuri uyu wa Kane, tariki ya 02/05/2024, M23 yafashe Murambi, Kasake, Rwagara no mu bindi bice bigana i Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Kugeza ay’amasaha ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zari zikirimo zihunga zerekeza muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ku rundi ruhande herekanwe urupapuro rwatawe mu mirwano, rwanditseho abasirikare ba leta ya Kinshasa bamaze kugwa muri uru rugamba rw’iminsi ibiri, nk’uko byatangajwe n’urubuga rwa Vive.

Inyandiko ziri kuri urwo rupapuro, zigaragaza ko FARDC imaze gutakaza abasirikare 67, Abarundi 37 mu gihe Wazalendo bo, ari 47.

Tubibutsa ko teritware ya Masisi na Rutshuru bisigaranye ibice bike, kugira ngo ubutaka bwizo teritware bwigarurirwe na M23.

             MCN.
Tags: Imaze kwigarurira ibice byinshiM23Muri teritware ya Masisi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatanu, inkongi y’umuriro yafashye isoko nto ya Ruvumera, mu mujyi wa Bujumbura.

Mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatanu, inkongi y'umuriro yafashye isoko nto ya Ruvumera, mu mujyi wa Bujumbura.

Comments 1

  1. Pingback: DRC: Ingabo z’i Burundi Zakubitiwe Inshuro Muremure muri Masisi Maze Ziyabangra Ingata – Rwanda Tribune

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?