• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hongeye kwisuka abasirikare b’u Burundi benshi.

minebwenews by minebwenews
June 6, 2024
in Regional Politics
0
Mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hongeye kwisuka abasirikare b’u Burundi benshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hongeye kwisuka abasirikare b’u Burundi benshi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu mpera z’iki Cyumweru dusoje nibwo abasirikare b’u Burundi bo mu itsinda rya TAFOC batangiye kuvugwa ko bari kwa mbuka ku butaka bwa Uvira, bava i Bujumbura, mu gihugu cy’u Burundi, nk’uko byavuzwe n’abaturiye ibi bice byo muri teritware ya Uvira.

Bavuga ko aba basirikare b’u Burundi, bavanwaga i Bujumbura, bagera muri Uvira, bagahita bategekwa kuzamuka i misozi y’i Ndondo ya Bijombo, ho mu misozi miremire y’Imulenge.

Ay’amakuru akomeza avuga ko aba basirikare bageze ku Ndondo ya Bijombo, nabwo kandi bakomereza urugendo rwabo, mu Minembwe.

Nk’uko byasobanuwe nuko aba basirikare bageze mu Minembwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 04/06/2024, bahita bashinga ibirindiro byabo mu bice bitandukanye aho ndetse bamwe babishinze ahitwa ku Kiziba ahari ikibuga cy’indege cya Minembwe; nanone hakaba hari hasanzwe hari abandi basirikare b’u Burundi bagize igihe muri Kiziba. Abandi muri aba basirikare boherezwa Mukalingi, Kugaturiro no mutundi duce two Mukalingi, ndetse no mu Mikenke.

Ay’amakuru agira ati: “Ingabo z’u Burundi zageze hano mu Minembwe ku bwinshi. Baraha ku Kiziba, Mukalingi no Kugaturiro n’ahandi hafi aho.”

Ingabo z’u Burundi ku bufatanye n’iza FARDC zageze mu Minembwe ahagana mu kwezi kwa Mbere, umwaka w’ 2023, nyuma y’uko zari zimaze igihe mu misozi yo muri teritware ya Uvira na Mwenga.

Izi ngabo zaje muri iki gihugu ku masezerano ya Congo n’u Burundi, agamije ku rwanya imitwe y’itwaje imbunda irimo na Red Tabara irwanya ubutegetsi bw’u Burundi.

          MCN.
Tags: ImulengeIngabo z'u BurundiMu MisoziNinshi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Croix-Rouge yavuze impamvu yahagaritse inkunga ku bavanwe mu byabo n’intambara , naho m23 yahishuye iherezo ry’iyi ntambara iri muri RDC.

Croix-Rouge yavuze impamvu yahagaritse inkunga ku bavanwe mu byabo n'intambara , naho m23 yahishuye iherezo ry'iyi ntambara iri muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?