Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu muhango w’irahira rya Félix Tshisekedi,Joseph Kabila, wayoboye RDC Imyaka 18 yahawe ubutumire bu biri.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 19, 2024
in Regional Politics
0
Mu muhango w’irahira rya Félix Tshisekedi,Joseph Kabila, wayoboye RDC Imyaka 18 yahawe ubutumire bu biri.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Joseph Kabila Kabange, wayoboye Repubulika ya Demokarasi ya Congo imyaka 18 yatumiwe mu muhango wo kurahira kwa Félix Tshisekedi, ugiye kurahirira kuyobora RDC muri manda ya kabiri y’imyaka itanu.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora muri RDC yatangaje bwa mbere ko Tshisekedi kwariwe watsinze amatora y’u mukuru w’igihugu, tariki ya 31/12/2023.

Nyuma gato Urukiko rurengera itegeko nshinga rya RDC baje kwemeza ko uwatsinze Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, kwari perezida Félix Tshisekedi.

Biteganijweko k’u munsi wejo hazaza tariki ya 20/01/2024, Félix Tshisekedi azarahira. Muri uy’u muhango bimaze kumenyekana ko abazawitabira ari abakuru b’ibihugu bagera ku 180, ibi byemejwe n’intumwa y’ihariye ya Félix Tshisekedi, Serge Tshibangu.

Ku byerekeye ubutumire bwa Joseph Kabila, wayoboye RDC guhera mu mwaka w’2001 kugeza mu 2019.

Ubwo intumwa y’ihariye ya Félix Tshisekedi, Serge Tshibangu, yaganiraga n’itangaza makuru i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yavuze ko Joseph Kabila Kabange, yahawe ubutumire bu biri; ubwa mbere nk’u wayoboye RDC, ahabwa ubundi nka Senateri uhoraho.

Yagize ati: “Kabila Kabange, yakiriye ubutumire bu biri kuberako ya yoboye igihugu. Mwibuke ko abayoboye ibihugu bazaba bari mu byicaro by’abakuru b’i bihugu. Icyakabiri , yatumiwe nk’ugize sena kuko abasenateri na bo baratumiwe.”

Tshibangu kandi yasobanuye ko Kabila Joseph afite uburenganzira bwo kwitabira kimwe n’abandi banyekongo batumiwe biciye mu itangaza makuru.

Biteganijwe ko abakuru b’i bihugu 18, abayoboye ibihugu bane na ba visi perezida ba biri aribo bitabira umuhango w’irahira rya Tshisekedi.

Bruce Bahanda.

Tags: Joseph KabilaRdcUmuhango w'irahira rya Félix TshisekediYahawe ubutumire bu biri
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Umunyamahanga muby’itumanaho wa Joseph Kabila, yemeje ko Kabila atazitabira umuhango wo kurahira kwa Félix Tshisekedi.

Umunyamahanga muby'itumanaho wa Joseph Kabila, yemeje ko Kabila atazitabira umuhango wo kurahira kwa Félix Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?