Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mu mujyi wa Uvira abarimu bakoze imyigaragambyo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 9, 2024
in Uncategorized
0
Mu mujyi wa Uvira abarimu bakoze imyigaragambyo.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu mujyi wa Uvira abarimu bakoze imyigaragambyo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Abarimu bo mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo bakoze imyigaragambyo basaba kongererwa imishahara.

Ni imyigaragambyo yakozwe mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 09/10/2024, ikogwa n’abarimu bigisha mu mashuri ya Leta . Basabaga ko bazajya bahembwa 500 y’amdolari y’Amerika.

Nk’uko bigaragara mu butumwa bw’amashusho, abarimu bari muri iyo myigaragabyo babarirwa mu magana nka tatu, aho binagaragaza kandi ko bari baherekejwe n’abanyeshuri babo, imihanda bayikubise buzuye. Mu bindi basabaga ni uko hakurwaho ubusumbane bugaragara mu bihembo aba barimu bahabwa.

Kuva Kamvimvira werekeza ku biro by’u mujyi wa Uvira, umuhanda wari wuzuye abarimu bamwe muri bo bambaye imyambaro y’umukara, abandi bambaye amasashe y’umukara mu mutwe bafite n’ibyapa. Bagendaga baririmba bavuza n’amafirimbi.

Umwe muri aba barimu yagize ati: “Njyewe, umwarimu wo kuri Kotonyera, mpembwa amadorali 80, nishyura inzu $50, none se $30 azahahira iki abana? Azabambika gute? Azabigisha gute? Ni barwara azabavuza gute?

Directeur w’ishuri ribanza rya Kagogo, Kizehe Jonathan, yashimangiye ibi avuga ko imibereho y’abarimu atari myiza bitewe n’imishahara iri hasi bahabwa, ngo kuko nta n’ubwishingizi bagira bwo kwivuza.

Kubera iki kibazo cy’imyigaragambyo ikunzwe gukorwa n’abarimu bo kubigo by’amashuri ya Leta muri Uvira, ababyeyi benshi bagiye bavana abana babo kuri ibi bigo bya Leta bakabajana ku bigo by’igenga.

Ubusanzwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo abarimu barushanya imishahara bitewe n’akarere baba barimo. Imibare yerekana ko abarimu bakorera mu mujyi wa Kinshasa, bahembwa $137 mu gihe abo mu mijyi irimo za Bukavu na Goma bahembwa $119 naho abakorera nko mu materitware ya Uvira Mwenga na Fizi n’ahandi bahembwa $85.

         MCN.
Tags: AbarimuImishaharaImyigaragambyo
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
U Bushinwa bwagize icyo buvuga ku bantu babo bashimuswe n’ingabo za RDC.

U Bushinwa bwagize icyo buvuga ku bantu babo bashimuswe n'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?