Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu nama ya Afrika CEO Foum, Perezida Paul Kagame yavuze icyo Abanyafrika bari bakwiye kuba bamariye uyu mugabane.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 17, 2024
in Regional Politics
0
Mu nama ya Afrika CEO Foum, Perezida Paul Kagame yavuze icyo Abanyafrika bari bakwiye kuba bamariye uyu mugabane.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’i gihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yavuze icyo Abanyafrika bari bakwiye kuba bamariye uyu mugabane.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni mu nama y’abayobozi bakuru b’ibigo byo muri Afrika, Afrika CEO Foum iteraniye i Kigali mu Rwanda kuva ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 16/05/2024.

Muri iy’i nama perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko biteye impungenge kuba umubare w’abaturage ba Afrika bari mu cyiciro giciriritse ukomeje kwiyongera nyamara uyu mugabane wihariye by’abaturage bose b’isi, bikaba byari bikwiye ko abawuturiye bawuteza imbere aho kuwubera umuzigo.

Iyi nama yitabiriwe n’abantu barenga 2000 barimo abakuru b’ibihugu byo muri Afrika ibera muri Kigali convention center.

Kagame yavuze ko kandi hashyirwaho isoko rusange ry’afrika, igitekerezo nyamukuru cyari ukubaka ubushobozi bw’abatuye uyu mugabane no kubyaza umusaruro umutungo kamere wawo.

Avuga ko umugabane wa Afrika ufite ibikenewe byose ahubwo igikwiye gukorwa ari ukubisaranganya no kubibyaza umusaruro.

Yagize ati: “Aha nshaka kongeraho ko uko Afrika yunga ubumwe, ni ko gukorana n’abafatanya bikorwa bacu birushaho gutanga umusaruro. Kwihuza kwabacuruzi ba Afrika ni amahirwe yo kwaguka kw’isoko ryacu kandi rikabasha kugira ubushobozi bwo guhiganwa.”

Perezida Paul Kagame avuga ko abikorera bagira uruhare runini mu iterambere ry’ibihugu n’isi muri rusange kandi ibibazo birimo icyorezo cya COVID-19 n’imihindagurikire y’ibihe byagaragaje ko hakenewe ubufatanye hagati yabo n’inzego za leta.

Ati: “Byatwigishije amasomo menshi. Muri ibyo harimo kuba hakenewe gukorana byahafi hagati y’urwego rw’abikorera na leta.”

Perezida w’Afrika CEO Foum, akaba n’umuyobozi mukuru w’ikinyamakuru cya Jeunne Afrique, Amir Ben Yahmed, niwe wahaye ikaze abitabiriye iyi nama, anashimira perezida w’u Rwanda Paul Kagame kuba igihugu cye cyemeye kwakira iyi nama.

            MCN.
Tags: Afrika CEO FoumKagame PaulKigali
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u mutwe wa M23 zabohoje agace General Laurent Nkunda yavukiyemo ko muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo z'u mutwe wa M23 zabohoje agace General Laurent Nkunda yavukiyemo ko muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?