• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu nama ya Afrika CEO Foum, Perezida Paul Kagame yavuze icyo Abanyafrika bari bakwiye kuba bamariye uyu mugabane.

minebwenews by minebwenews
May 17, 2024
in Regional Politics
0
Mu nama ya Afrika CEO Foum, Perezida Paul Kagame yavuze icyo Abanyafrika bari bakwiye kuba bamariye uyu mugabane.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’i gihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yavuze icyo Abanyafrika bari bakwiye kuba bamariye uyu mugabane.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu nama y’abayobozi bakuru b’ibigo byo muri Afrika, Afrika CEO Foum iteraniye i Kigali mu Rwanda kuva ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 16/05/2024.

Muri iy’i nama perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko biteye impungenge kuba umubare w’abaturage ba Afrika bari mu cyiciro giciriritse ukomeje kwiyongera nyamara uyu mugabane wihariye by’abaturage bose b’isi, bikaba byari bikwiye ko abawuturiye bawuteza imbere aho kuwubera umuzigo.

Iyi nama yitabiriwe n’abantu barenga 2000 barimo abakuru b’ibihugu byo muri Afrika ibera muri Kigali convention center.

Kagame yavuze ko kandi hashyirwaho isoko rusange ry’afrika, igitekerezo nyamukuru cyari ukubaka ubushobozi bw’abatuye uyu mugabane no kubyaza umusaruro umutungo kamere wawo.

Avuga ko umugabane wa Afrika ufite ibikenewe byose ahubwo igikwiye gukorwa ari ukubisaranganya no kubibyaza umusaruro.

Yagize ati: “Aha nshaka kongeraho ko uko Afrika yunga ubumwe, ni ko gukorana n’abafatanya bikorwa bacu birushaho gutanga umusaruro. Kwihuza kwabacuruzi ba Afrika ni amahirwe yo kwaguka kw’isoko ryacu kandi rikabasha kugira ubushobozi bwo guhiganwa.”

Perezida Paul Kagame avuga ko abikorera bagira uruhare runini mu iterambere ry’ibihugu n’isi muri rusange kandi ibibazo birimo icyorezo cya COVID-19 n’imihindagurikire y’ibihe byagaragaje ko hakenewe ubufatanye hagati yabo n’inzego za leta.

Ati: “Byatwigishije amasomo menshi. Muri ibyo harimo kuba hakenewe gukorana byahafi hagati y’urwego rw’abikorera na leta.”

Perezida w’Afrika CEO Foum, akaba n’umuyobozi mukuru w’ikinyamakuru cya Jeunne Afrique, Amir Ben Yahmed, niwe wahaye ikaze abitabiriye iyi nama, anashimira perezida w’u Rwanda Paul Kagame kuba igihugu cye cyemeye kwakira iyi nama.

            MCN.
Tags: Afrika CEO FoumKagame PaulKigali
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u mutwe wa M23 zabohoje agace General Laurent Nkunda yavukiyemo ko muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo z'u mutwe wa M23 zabohoje agace General Laurent Nkunda yavukiyemo ko muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?