• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu nkengero za Sake havuzwe intambara ikaze, hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

minebwenews by minebwenews
September 12, 2024
in World News
0
Mu nkengero za Sake havuzwe intambara ikaze, hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu nkengero za Sake havuzwe intambara ikaze, hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Ni kuri uyu wa Kane kandi hongeye kuba urugamba rukomeye, aho ihuriro ry’ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Kinshasa zihanganye n’umutwe wa m23 mu bice byo muri Masisi, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice avuga.

Kuva ku cyumweru kugeza uyu munsi, tariki ya 12/09/2024, imirwano hagati y’uruhande rw’umutwe wa m23 na Fardc ifatanije na Wazalendo, Ingabo z’u Burundi ndetse na FDLR irimo kuba.

Uyumunsiho, imirwano yazindutse ibera ku muhanda wa Ndumba, Kashingamutwe no mu nkengero zayo, ho muri Grupema ya Mupfunyi-Shanga, muri Cheferie y’Abahunde muri teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Umuvugizi wa m23 mu bya politiki, yamenyesheje ko iri huriro ry’ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi ryagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage benshi.

Yagize ati: “Turamenyesha ko kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 12/09/2024, Ingabo za Leta ya Kinshasa n’abambari bazo, bagabye ibitero mu turere dutuwe cyane muri Ndumba no hafi yaho.”

Yakomeje avuga ko “Ingabo z’impunduramatwara z’Abanyekongo(ARC) zigikomeje gukora inshingano zabo zirimo kurinda no kurwanirira abenegihugu kandi ko babikora mu buryo bw’ubuhanga.”

Ku rundi ruhande, i Mugunga ho mu mujyi wa Goma harashwe ibisasu byo mu bwoko bwa rocket bihitana abantu benshi n’ubwo umubare wabo utaratangazwa n’ubuyobozi bw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Gusa amakuru y’ibanze avuga ko hoba hapfuye abantu batatu abandi benshi barakomereka. Bivugwa ko ibyo bisasu byatewe n’uruhande rwa Leta ya Kinshasa.

Imirwano ikomeje mu gihe u Rwanda na Congo Kinshasa bakirimo bareberahamwe uko ibiganiro by’amahoro bya komeza.

Mu kiganiro umuvugizi wa guverinoma ya Kinshasa, Patrick Muyaya aheruka guha igitangazamakuru cya France24, yatangaje ko ibiganiro by’u Rwanda na RDC birimo kuba kandi ko bigamije gusenya burundu umutwe wa FDLR.

Usibye n’ibyo biganiro, impande zombi zikomeje kurwana mu gihe zari mu bihe byagahenge kemeranijweho mu biganiro by’i Luanda. Ni agahenge kari gategekanyijwe ko kagomba gutangira kubahirizwa tariki ya 04/08/2024.

          MCN.
Tags: FardcIntambaraM23Mu nkengero za Sake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu abakuwe mu byabo bari mu bice bigenzurwa n’ingabo za RDC basabye gusubizwa iyo baje bava.

Hamenyekanye impamvu abakuwe mu byabo bari mu bice bigenzurwa n'ingabo za RDC basabye gusubizwa iyo baje bava.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?