• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mu nkengero za Sake havuzwe intambara ikaze, hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

minebwenews by minebwenews
September 12, 2024
in World News
0
Mu nkengero za Sake havuzwe intambara ikaze, hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu nkengero za Sake havuzwe intambara ikaze, hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

You might also like

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

Ni kuri uyu wa Kane kandi hongeye kuba urugamba rukomeye, aho ihuriro ry’ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Kinshasa zihanganye n’umutwe wa m23 mu bice byo muri Masisi, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice avuga.

Kuva ku cyumweru kugeza uyu munsi, tariki ya 12/09/2024, imirwano hagati y’uruhande rw’umutwe wa m23 na Fardc ifatanije na Wazalendo, Ingabo z’u Burundi ndetse na FDLR irimo kuba.

Uyumunsiho, imirwano yazindutse ibera ku muhanda wa Ndumba, Kashingamutwe no mu nkengero zayo, ho muri Grupema ya Mupfunyi-Shanga, muri Cheferie y’Abahunde muri teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Umuvugizi wa m23 mu bya politiki, yamenyesheje ko iri huriro ry’ingabo zirwanirira ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi ryagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage benshi.

Yagize ati: “Turamenyesha ko kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 12/09/2024, Ingabo za Leta ya Kinshasa n’abambari bazo, bagabye ibitero mu turere dutuwe cyane muri Ndumba no hafi yaho.”

Yakomeje avuga ko “Ingabo z’impunduramatwara z’Abanyekongo(ARC) zigikomeje gukora inshingano zabo zirimo kurinda no kurwanirira abenegihugu kandi ko babikora mu buryo bw’ubuhanga.”

Ku rundi ruhande, i Mugunga ho mu mujyi wa Goma harashwe ibisasu byo mu bwoko bwa rocket bihitana abantu benshi n’ubwo umubare wabo utaratangazwa n’ubuyobozi bw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Gusa amakuru y’ibanze avuga ko hoba hapfuye abantu batatu abandi benshi barakomereka. Bivugwa ko ibyo bisasu byatewe n’uruhande rwa Leta ya Kinshasa.

Imirwano ikomeje mu gihe u Rwanda na Congo Kinshasa bakirimo bareberahamwe uko ibiganiro by’amahoro bya komeza.

Mu kiganiro umuvugizi wa guverinoma ya Kinshasa, Patrick Muyaya aheruka guha igitangazamakuru cya France24, yatangaje ko ibiganiro by’u Rwanda na RDC birimo kuba kandi ko bigamije gusenya burundu umutwe wa FDLR.

Usibye n’ibyo biganiro, impande zombi zikomeje kurwana mu gihe zari mu bihe byagahenge kemeranijweho mu biganiro by’i Luanda. Ni agahenge kari gategekanyijwe ko kagomba gutangira kubahirizwa tariki ya 04/08/2024.

          MCN.
Tags: FardcIntambaraM23Mu nkengero za Sake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru Mu gihe amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati Mu gihe umutekano ukomeje guhungabana mu karere k’U burasirazuba bwo Hagati, ibihugu byinshi ku isi...

Read moreDetails

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje Intambara iri gukaza umurego mu karere k’Uburasirazuba bwo Hagati yakomeje gufata indi ntera,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro Amashusho ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ikigega kinini cya peteroli kiri mu murwa mukuru wa Iran,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran Mu gihe amakuru n’isesengura bitandukanye bikomeje kugaragaza ko intambara ishobora...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu abakuwe mu byabo bari mu bice bigenzurwa n’ingabo za RDC basabye gusubizwa iyo baje bava.

Hamenyekanye impamvu abakuwe mu byabo bari mu bice bigenzurwa n'ingabo za RDC basabye gusubizwa iyo baje bava.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?