• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu rwandiko rwanditswe n’agatsiko kabagabo biyita abavugizi ba Banyamulenge, ngo habayemo ukwirengangiza kurenze igipimo.

minebwenews by minebwenews
March 1, 2024
in Regional Politics
0
Mu rwandiko rwanditswe n’agatsiko kabagabo biyita abavugizi ba Banyamulenge, ngo habayemo ukwirengangiza kurenze igipimo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarimo n’abanyamategeko ba Banyamulenge baramagana urwandiko rwa magana ibihugu bivugira Abanyamulenge ku karengane bagizemo imyaka myinshi.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Ni urwandiko rwashizweho umukono n’agatsiko kabagabo batanu, bavuga ko ari abavugizi ba Banyamulenge. Rwa nditswe ku itariki 25/02/2024, rwa nditswe na bavuga ko bamagana u Rwanda, nk’uko tubikesha radio ijwi ry’Amerika.

Ba vuga ko ruriya rwandiko rwashizweho umukono n’abagabo batanu, batuye i Kinshasa, barimo Enock Ruberangabo n’abandi. Muri urwo rwandiko banditse bavuga ko batungurwa no kubona ubuyobozi bw’u Rwanda bu vugira Abanyamulenge ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibi kandi byavuzwe n’abamwe babahanze ya Congo Kinshasa, barimo uwitwa Seba Kiyana, aho yavuze ko bandikiye minisitiri w’u banye n’amahanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bamubwira ko u Rwanda rudafite uburenganzira bwo kuvugira Abanyamulenge, n’Abatutsi bose muri rusange bo muri RDC.

Abatumva ibivugwa n’agatsiko kabagabo biyita ko ari abavugizi ba BANYAMULENGE, bavuga ko kariya gatsiko gakora biriya kunyungu zabo bwite, ko kandi abantu batanu batagomba kuvuga ko ari abavugizi ba Banyamulenge, k’uko Abanyamulenge ni ubwoko bwinshi.

Inocent Nteziryayo umunyamategeko uburanira Abatutsi, Abanyamulenge n’Abahema bo muri iki gihugu, iwe kubwe, asanga abandika bavuga ko bavuganira Abahema n’Abatutsi baba birengagije “ibibazo ubwoko bwabo buhura nabyo mu ntambara zibera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo ndetse na Ituri.”

Inocent Nteziryayo ati: hamaze gusenyuka imihana(villages) y’abanyamulenge irenga magana atatu, Inka zanyazwe n’ibihumbi bitanu birenga, hicwa abantu barenga ibihumbi, mu gihe za gereza zo muri Congo zifungiyemo abantu barenga amagana, bazira uko baremwe, amagambo ahembera urwango ntiyigeze atuza n’umunsi numwe.”

Yakomeje agira ati: “Ikimenyi menyi na perezida ubwe, yarabyamaganye imiryango mpuzamahanga nayo yarabyamaganye, harimo umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi na L’oni, rero kubona abantu bandika ngo baramagana igihugu cyamagana ubwo bwicanyi bukorerwa Abanyamulenge, ntekereza ko haza kuba igihungabana mu bwoko bwacu kubera itotezwa ribakorerwa.”

Amateka avuga ko Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange bamaze imyaka irenga 60 batotezwa mu Burasirazuba bwa RDC, ahanini bitwa abashitsi mu gihugu cyabo bwite.

Leta ya Kinshasa iza kwisonga mu gushigikira abatoteza Abanyamulenge, bakoresheje imitwe yitwaje imbunda irimo Maï Maï, FDLR n’indi mitwe y’inyeshamba, ndetse ubundi kandi iy’i leta ikoresha n’abanyapolitike, aho usanga bakoresha amagambo ahembera urwango.

            MCN.
Tags: AgatsikoBiyita abavugizi ba BanyamulengeKurnze igipimoKwirengangiza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Mu Rwanda hafungiwe umunyekongo wafatanwe amahembe y’inzovu.

Mu Rwanda hafungiwe umunyekongo wafatanwe amahembe y'inzovu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?