• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mubivugwa Imulenge, Harimo Ko Gumino Irikubaka Amazu Ahitwa Mu Gitoga Naho Abapfurero Batangiye Gutahuka Kuri Kirumba.

minebwenews by minebwenews
May 25, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Dore ibivugwa i Mulenge kuruyumunsi ?

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Izinkuru zibivugwa i Mulenge, mwaziteguriwe na Bruce Bahanda nfatanije numwe mubaturage baherereye i Mulenge.

Byavuzwe ko umutwe wa Gumino witwara gisirikare, uheruka kuva mu Minembwe muburyo butunguranye aho banasize batwitse amazu yikambi yabo ya Kalongi na Gahwela. Uyumutwe wa Gumino ukaba warumaze igihe kirekire mu Minembwe kirenga imyaka irindwi (7).

Aba barwanyi bavuye mu Minembwe muntangiriro zukwezi kwa gatanu uyumwaka wa 2023, bakihava habanjye guhwihwiswa amakuru avuga ko baburiwe irengero nyuma byaje kumenyekana ko berekeje Indondo ya Rurambo ho muri Teritware ya Uvira, muntara ya Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.

Ubwo twahabwaga ayamakuru byavuzwe ko aba barwanyi barimo uwitwa Karemera na Koboyi, berekeje iya Gitoga aha akaba ari mubirometre bike n’a Rurambo.

Nkuko ayamakuru yakomeje avugwa byemejwe ko kuri none izingabo za Gumino ziri aha mu Gitoga ho muri Teritware ya Uvira, Karemera na Koboyi, bakaba barakiriwe nuwitwa Fureko.

Bikomeje guhwihwiswa ko aba barwanyi barimo kwitegura kwakira indi mitwe yinyeshamba, umwe watanze ayamakuru yatanze ubuhamya agira ati: “Aha bahitiye barimo barahubakisha amazu, bubaka amazu atari manini asakaje ibyatsi, kandi yimitwe ibiri. Ubwabo bongorera bamwe mubaturage ko biteguye abashitsi ariko mukuri abo bashitsi ntibazwi abaribo.”

Gusa haramakuru ataremezwa neza ko aba barwanyi boba barimo gutegura gushiraho Training(Ikosi) ya Gisirikare ariko amakuru yizewe avuga ko ubwabo aribake batarenze 17.

Fureko, wakiriye bagenzi be ba Gumino bakoreraga mubice bya Minembwe, yavugwagaho gukorana byahafi na Mai Mai Kijangara, uheruka kujana ingabo ze muri leta akaba yarakiriwe n’ingabo za Fardc zikorera mubice bya Uvira.

Indondo ya Bijombo.

Andi makuru avugwa Kundondo ya Bijombo, avuga ko Abapfurero bari barahunze intamabara mubice bya Kirumba batangiye gutahuka.

Uyumunsi tariki 25.05.2023, ingo zirenga 10 zikaba zamaze kugera murako gace.

Ibi bibaye mugihe Abaturage bari barahunze Ichohagati Chaza Rwerera nabo bari baheruka kunvikana gutahuka bakaja kubaka akarere kabo nkuko ibi babyemezanije munama iheruka guhuza izompunzi zirimo Abanyamulenge, Abapfurero, Ababembe ndetse na Banyindu. Iyonama ikaba yarabereye mugace ka Mikenke ho muri Teritware ya Mwenga Secteur ya Itombwe.

Tags: AbapfureroGitogaGumino
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

President Félix Tshisekedi, Yageze I Beijing, Maze Aganira Nabanyekongo Bahatuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?