• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mugihe i Goma, hari ibiganiro byamahoro b’iyobowe na Uhuru Kenyatta, imirwano nayo irakomeje hagati ya M23 n’ihuriro ry’imitwe ishigikiwe na leta ya RDC.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mugihe Uhuru Kenyatta, ari mubiganiro byamahoro i Goma imirwano yo irakomeje mugace ka Twiyovu.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, saa 2:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuruyu wa Gatatu nibwo uwahoze ari perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta, yageze i Goma,kumurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru aho aje mubiganiro byamahoro.

Uhuru Kenyatta, umuhuza wamahoro kumakimbirane amaze umwaka urenga hagati ya Guverinema ya Kinshasa numutwe w’inyeshamba wa M23, Umutwe urwanira muburasirazuba bwa RDC, uyumunsi ari mubiganiro byamahoro i Goma muri Republika ya Demokarasi ya Congo.

Ibiganiro biri i Goma, n’ibiganiro byitabiriwe n’abategetsi batandukanye barimo n’abatetsi benshi bo muri leta ya RDC munzego zagisirikare na gisivile.

Ibi biganiro b’iyobowe na Uhuru Kenyatta, bibaye mugihe imirwano yakamejeje hagati y’imitwe y’itwaje imbunda ishigikiwe na Guverinema ya Republika ya Demokarasi ya Congo aho bahanganye nuyu mutwe wa M23, uyobowe na General Sultan Makenga.

Imirwano yokuruyu wa Gatatu, irimo kubera mugace ka Twiyovu. Gusa mumakuru Minembwe Capital News, dukesha bamwe mubarwanyi ba M23 nuko aka gace bamaze kukigarurira. Iyi mirwano Ibaye mugihe kandi kumunsi w’ejo hashize izi Nyeshamba zo mumutwe wa M23 zigaruriye ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi na Rutsuro.

Bikaba byemejwe n’igisirikare cya Republika ya Demokarasi ya Congo FARDC, muntara ya Kivu y’Amajyaruguru ko M23 yambuye Wazalendo, Nyatura, FDLR ndetse na CMC Groupement ya Bukombo homuri Sheferi ya Bwito muri teritware ya Rutsuro.

Nanone kandi bikavugwa ko mumirwano yabaye kuruyu wa Kabiri, M23 yambuye iyi mitwe irimo Wazalendo, FDLR na Nyatura ibice byinshi byomuri teritware ya Masisi.

Abaturage benshi bahunze bava muri Twiyovu bahungira muri Nyanzare na Katsiru aha akaba ari muri teritware ya Rutsuro homuntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: GomaibiganiroImirwanoM23Uhuru KenyattaumuhuzaWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Uhuru Kenyatta, yasabye Guverinema ya Kinshasa kwicarana na M23 bakaganira kugira amahoro agaruke Muburasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?