• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mugihe Kinshasa, Ishaka Gukuraho Ibihe Bidasanzwe, Byintara Zibiri Lt Gen Ndima, Yavuze ko Kigali, ariyo Yatumye Atagera Kumahoro.

minebwenews by minebwenews
May 14, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa gisirikare, Lt Gen Constant Ndima, yabwiye itangaza makuru ko leta ya Kigali, ariyo yamuteye kunanigwa gukora inshingano ze zo kugarura umutekano n’amahoro muri Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 14.05.2023, saa 10:55am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Ibi Lt Gen Ndima, yabivuze mugihe leta ya Kinshasa ishaka gukuraho urwego rwa gisirikare mukuyobora ibyo bari barise “Ibihe bidasanzwe.” President wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ubwo yashira ga Kivu y’Amajyaruguru na Ituri mu bihe bidasanzwe, byokuyobogwa nabayobozi bo ku rwego rwa gisirikare, Lt Gen Ndima na Lt Gen Luboya Johnny muri Ituri kugira ngo bagarure amahoro n’umutekano byari bimaze imyaka myinshi byarabuze, murizi ntara zibiri.

Izi ntara ziracyari mu bihe bidasanzwe kuva mukwezi kwa Gatanu umwaka wa 2021, aba basirikare baracyaziyobora ariko aho kugira ngo intego ya Tshisekedi igerweho, ibintu bikomeje kuja idobya, ndetse nk’uko raporo ya guverinoma ya RDC yabigaragaje, imitwe yitwaje intwaro ikomeje kwiyongera nokugira ingufu.

Muri ibi bihe ni na bwo abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 wari warasenyutse mu 2013, bongeye kwegura intwaro, bubura imirwano, basaba Leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, kubahiriza amasezerano atandukanye bagiranye.

Lt Gen Ndima, avuga ko ubutegetsi bw’a Kigali, butishimiye ishyirwaho ry’ibihe bidasanzwe mu ntara ayoboye. Aremeza ko aribyo byatumye M23 yongera kubaho mukwezi Kwa 11/ 2021 kugira ngo isubize inyuma ibyari bimaze kugerwaho mu kugarura amahoro n’umutekano.

Yagize ati: “Ibyiza byari bimaze kugerwaho byahagaritswe na Leta ya Kigali, mumwaka wa 2021. Birasobanutse: guhungabanya Igihugu ca Congo Kinshasa, bihera mu burasirazuba bw’ikigihugu, gusahura imitungo kamere yacu no guteza imvururu mu baturage binyuze muntambara.”

Uyu Muyobozi kandi Lt Gen Ndima, yashimiye imitwe yitwaje intwaro igize ihuriro rya Wazalendo, kuko iyimitwe yabashije guhangana n’abarwanyi ba M23.

Yagize ati: “M23 n’ubutegetsi bwa Kigali ni ikimenyetso cy’uko intambara ituruka i Kigali, ikaza muri RDC. Urubyiriko rukunda igihugu ntahandi wabakura usibye muba Zalendo, kurinda igihugu nibyanyu.”

Hari raporo y’urwego rw’u Rwanda rushinzwe iperereza ryo hanze “NISS” bagaragaje ko ubwo M23 yuburaga imirwano, Lt Gen Ndima ari we wafashe iya mbere yitabaza byihuse umuyobozi w’umutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, Pacifique Ntawunguka uzwi nka ‘Général Omega’ ngo amufashe mu ntangiriro z’umwaka wa 2022.

Muri iyi raporo ikinyamakuru Africa Intelligence yo ivuga ko har’inama yahurije hamwe Gen Ndima n’abahagarariye FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro irimo Nyatura na za Mai Mai, n’uburyo uyu Guverineri yakomeje kuvugana na yo.

Imyanzuro yafatiwemo ni yo yatumye igisirikare cya RDC cyifatanya n’iyi mitwe mu guhangana na M23.

Leta ya RDC mukwezi kwa 04/2023 yasohoye ic’egeranyo gishya ivuga ko iki gihugu kibarizwamo imitwe yitwaje intwaro, ibarigwa 266. Harimo 136 ikorera muri Kivu y’Amajyepfo na 64 iri muri Kivu y’Amajyaruguru, izindi ntara zirimo mike mike. Ikomoka imbere mu gihugu ni 252.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Imyitwarire Y'ingabo Z'u Burundi Ziri Mubutumwa Bwa Mahoro Muri RDC, Irakemangwa N'ingabo Za M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?