Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mugihe kubara amajwi y’Amatora muri RDC, birimo gukorwa, Uvira, ho haravugwa umutekano muke.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 21, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku bara amajwi ku ma Site amwe namwe bya tangiye ku menyekana, ahanini amajwi amaze kuja hanze nayavuye mu bihugu birihanze ya Congo Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Abanyekongo baherereye mu gihugu cy’ Afrika y’Epfo, bamaze gushirahanze amajwi ya za site zibiri i ya C na D:

Abatoye kur’izi Site Bangana n’Abantu 275.

Kuri Site ya C, dusanga Perezida Félix Tshisekedi, afite amajwi angana na 214, Katumbi 41, Fayulu 5, Mukwege 7, Anzuluni 4, Mutamba 1, Diongo 1, Ngalasi 1 naho Muzito Ijwi rimwe.

Kuri Site ya B: Félix Tshisekedi, afite 234, Katumbi 42, Mukwege 2, Fayulu 2, Mutamba 1 Naho Ngalasi, afite 1.

Mu gihugu cya Canada, hatoye abantu bangana na 303, Félix Tshisekedi, yatowe ku majwi 217(72%), Moïse Katumbi 54(18%), Denis Mukwege 10(3%), Noel Tshiani 2(amajwi abiri), Adolph Muzito 1( Ijwi rimwe), Nkema Lilo 1(Ijwi rimwe).

Andi Makuru tumaze kwakira ava mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mugace ka Rurambo, bomuri teritware ya Uvira, n’uko Moïse Katumbi, ariwe watambukanye amajwi menshi aho bavuze ko yatambukanye 87%. Naho muri teritware ya i Djwi, site zibiri zaho Félix Tshisekedi, niwe wabanye amajwi menshi.

Mugihe bakirimo ba bara amajwi, Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, havuzwe umutekano muke n’imugihe ahagana isaha zasaa ine z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki humvikanye urusaku rw’imbunda akanya gato. Ikindi n’uko i b’Uvira hageze ingabo ninshi zivuye mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ikibazanye ki kaba kitaramenyekana gusa birakekwa ko boba bagiye gutaha mu gihugu cyabo i Burundi. Ingabo z’u Burundi, zimaze igihe kingana n’imyaka ikabakaba itatu, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIKubara amajwi y'Amatora muri RDCUvira haravugwa umutekano muke
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Umunyekongo, Patient Sayiba Tambwe, yavuze ko Amatora, yateguwe mu buryo "bw'inkinamico."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?