• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mugihe kubara amajwi y’Amatora muri RDC, birimo gukorwa, Uvira, ho haravugwa umutekano muke.

minebwenews by minebwenews
December 21, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku bara amajwi ku ma Site amwe namwe bya tangiye ku menyekana, ahanini amajwi amaze kuja hanze nayavuye mu bihugu birihanze ya Congo Kinshasa.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Abanyekongo baherereye mu gihugu cy’ Afrika y’Epfo, bamaze gushirahanze amajwi ya za site zibiri i ya C na D:

Abatoye kur’izi Site Bangana n’Abantu 275.

Kuri Site ya C, dusanga Perezida Félix Tshisekedi, afite amajwi angana na 214, Katumbi 41, Fayulu 5, Mukwege 7, Anzuluni 4, Mutamba 1, Diongo 1, Ngalasi 1 naho Muzito Ijwi rimwe.

Kuri Site ya B: Félix Tshisekedi, afite 234, Katumbi 42, Mukwege 2, Fayulu 2, Mutamba 1 Naho Ngalasi, afite 1.

Mu gihugu cya Canada, hatoye abantu bangana na 303, Félix Tshisekedi, yatowe ku majwi 217(72%), Moïse Katumbi 54(18%), Denis Mukwege 10(3%), Noel Tshiani 2(amajwi abiri), Adolph Muzito 1( Ijwi rimwe), Nkema Lilo 1(Ijwi rimwe).

Andi Makuru tumaze kwakira ava mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mugace ka Rurambo, bomuri teritware ya Uvira, n’uko Moïse Katumbi, ariwe watambukanye amajwi menshi aho bavuze ko yatambukanye 87%. Naho muri teritware ya i Djwi, site zibiri zaho Félix Tshisekedi, niwe wabanye amajwi menshi.

Mugihe bakirimo ba bara amajwi, Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, havuzwe umutekano muke n’imugihe ahagana isaha zasaa ine z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki humvikanye urusaku rw’imbunda akanya gato. Ikindi n’uko i b’Uvira hageze ingabo ninshi zivuye mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ikibazanye ki kaba kitaramenyekana gusa birakekwa ko boba bagiye gutaha mu gihugu cyabo i Burundi. Ingabo z’u Burundi, zimaze igihe kingana n’imyaka ikabakaba itatu, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIKubara amajwi y'Amatora muri RDCUvira haravugwa umutekano muke
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

Umunyekongo, Patient Sayiba Tambwe, yavuze ko Amatora, yateguwe mu buryo "bw'inkinamico."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?