• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 29, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mugihe kw’iyamamaza kw’Aba hatanira imyanya itandukanye muri RDC, byatangiye uyumunsi, imirwano yo irakomeje i Masisi.

minebwenews by minebwenews
November 19, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kur’ i ki Cyumweru, tariki 19/11/23, igikorwa cyokw’iyamamaza n’ibwo cyatangiye kumugaragagaro aho abahatanira k’u myanya itandukanye haba k’u mwanya w’u Mukuru w’igihugu no k’umwanya wa badepite kurwego rw’igihugu no k’urwego rw’Intara.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora muri Republika ya Demokarasi ya Congo (CENI), yatangaje ko kw’iyamamaza bizarangira tariki 18/12/23.

U mukuru w’igihugu ca RDC, Felix Tshisekedi, byamenyekanye ko azatangirira kw’iyamamaza mu Mujyi wa Kinshasa aho bivugwako azakoresha igiterane kinini ki kazabera kuri Stade de Martyrs, kuri uyu wa Mbere, tariki 20/11/2023, igihe c’isaha umunani z’igicamunsi.

Mugihe Martin Fayulu we azatangirira kw’iyamamaza ahitwa Bandundu.

Moïse Katumbi, yahisemo gutangirira i kisangani kuruyu wa Mbere, nk’uko byamenyekanishijwe n’umunyambanga mukuru wicyama(Ishyaka), Ensemble pour la république.

Delly Sesanga we yashize ahagaragara igikorwa cya site yikoranabuhanga aho yashizemo ico bise [Telemela fraud électoral ]aho yahamagariye abakongomani kuhiyandikisha kubushake kugirango bazabashe kugenzura ibikorwa by’amatora.

Abahatananira umwanya w’u mukuru w’igihugu bivugwa ko ari abakandida 24 naho kumwanya wa depite bangana na 25832 abagabo bonyine bangana na 21187 abagore 4645.

K’urwego rw’Intara bangana 44110 barimo abagabo bangana na 32897, abagore 11213 .

CENI yongeye kwibutsako irigutegura amatora meza kandi anoze arimo umuco, ndetse n’ituze.

Mugihe b’injiye mubihe byo kw’iyamamaza ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo n’abambari babo(FDLR, Wagner n’ingabo z’u Burundi na Wazalendo), bakomeje kugaba ibitero mubice byinshi byo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Ahanini ibi bitero byagabwe mubice byo muri teritware ya Masisi, nka Kalenga na Kilolirwe. Gusa ibi bitero ntibyahiriye ingabo za Kinshasa kuko byarangiye zambuwe inkengero za Kalenga n’ahandi nka Kabaya.

Kiriya gikorwa cyo kw’iyamamaza byavuzwe ko n’i Goma, k’u murwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ko byatangiye aho ndetse impande za b’iyamamaza bashatse gukozanyaho mu Mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: Mugihe kw'iyamamaza kw'Aba hatanira imyanya itandukanye muri RDC byatangiye ingabo za FARDC n'abambari babo bakomeje kwamburwa ibice byinshi byo mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Amaherezo byemejwe ko ingabo za SADC zoherezwa muri RDC kurwanya M23, n'inyuma y'ibyemezo byiswe ko aribyanyuma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?