
Amakuru amaze kumenyekana kuri Minembwe Capital News, nuko ahitwa Kuwumugethi hokundondo ya Bijombo, haheruka kwibw’Inka, zibwa nabantu bataramenyekana.
Nkuko umwe mubaturage baka gace yabitwiganiye avuga uko byagenze yagize ati: “Ijoro ryakeye ryo kwitariki 09.02.2023, mu muhana wo Kuwumugethi hibwe Inka zine (4), zose zari Inkamwa, zari iza: Zarothi Muragizi na Musafiri Rupiya.”
Yakomeje avuga ngo, “Gusa abazibye ntibyabahiriye kuko Inka imwe ( 1), yimbyeyi yaje guchika Abajura igaruka yabira, igeze mukibuga, yakomeje kwabira bituma abantu babyuka, nibwo Abantu babyutse basanga bazikinguriye murupango.”
“Byatumye banyirazo bakurikira ibarari, mugihe bagiye kwika muruzi rwa “Chamakara” Abajura barabunva basiga zanka, niko kugarura izibwe zose kwari zine(4).”
Uwaganiraga na Minembwe Capital News, yavuze ko abazibye nubwo bataramenyekana atariko birakekwa ko atarabakure, ati kandi bibaye byo bagasanga arabaho hafi avuga ko bishobora kuzazana umwuka mubi mubavukana! “Umuco wokwiba nimubi nkuko yabisobanuye, numuco utabera bose kabone nubwo waba ukenye!!.”
Abajura bateye mugihe aka karere kari muntambara za Maimai ya b’Apfurelo, intambara yakunze kunyaga Inka zabaturage bomubwoko bw’Abatutsi (Banyamulenge), Inka zibarigwa mubihumbi amagana, usibye kunyaga Inka izi Maimai zanasenye ibice byinshi by’Indondo ya Bijombo nka Kinyoni na Kirumba ndetse nigice kinini ca Murambya.
Muraho! Birababaje kumva ngo abantu nibo bibana amatungo bonyine ( nubwo bigikekwa) bibaye bazahanwe rwose.