• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mugihe Tshisekedi akomeje gushotora u Rwanda afatanije n’ubutegetsi bwa Gitega, M23 yo uyumunsi y’igaruriye Localite zitanu izambuye ihuriro ry’ingabo za RDC.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2024
in Regional Politics
0
Mugihe  Tshisekedi akomeje gushotora u Rwanda afatanije n’ubutegetsi bwa Gitega, M23 yo uyumunsi y’igaruriye Localite zitanu izambuye ihuriro ry’ingabo za RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihe perezida Félix Tshisekedi akomeje politike yo gushotora i gihugu cy’u Rwanda afatanije n’ubuyobozi bwa leta ya Gitega, M23 yo ikomeje kwa mbura ingabo za Tshisekedi ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Leta ya perezida Félix Tshisekedi, binyuze kuri perezida w’inteko nshinga mategeko wagateganyo, Christophe Mboso, muriki cy’umweru turimo yasabye Abanyekongo kw’itegurira gutera u Rwanda avuga ko rutera inkunga M23, ibyo Kigali yakomeje gutera utwatsi hubwo bagashinja ubutegetsi bwa Tshisekedi gufasha u mutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

Ibya Kinshasa, byenda gusa nibyo ubutegetsi bwa Gitega buheruka gutangaza aho minisitiri w’ingabo z’u Burundi, ku mugoroba wo k’uwa Kabiri, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye ko ziri koherezwa k’u mupaka uhuza u Burundi n’u Rwanda, mu rwego rwo kugira ngo bitegurire guhangana n’u Rwanda, urwo bashinja gufasha no gucumbikira Inyeshamba za Red Tabara, u Rwanda rurabihakana.

Uyu minisitiri w’ingabo z’u Burundi yavuze kandi ko batari kohereza ingabo zonyine ko hubwo bari kohereza n’ibikoresho byinshi by’agisirikare birimo imbunda ziremereye.

Mu gihe ibyo biruko imirwano irakomeje hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, harimo FDLR, ingabo z’u Burundi, SADC na Wazalendo.

N’imirwano n’uyumunsi yabereye mubice biherereye muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ikaba yasize M23 y’igaruriye Localite zitanu zinini, zo muri teritware ya Masisi, harimo Localite ya Rushoga, Majagi, Rwiririza, Kazinga na Kabushumba.

Iy’i mirwano kandi yo kuri uyu wa Kane, tariki ya 01/02/2024, M23 yasubije inyuma ibitero bagabweho n’ihuriro ry’ingabo za RDC, mu birindiro byabo biherereye muri Localité ya Karuba na Mushaki no mu nkengero zaho, nk’uko urubuga rwa Alliance Fleuve Congo, rwa bitangaje.

Bruce Bahanda.

Tags: GitegaM23 y'igaruriye Localite zitanuMasisiTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uy’u mugoroba, M23 yigambye kwa mbura ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa, agace bavuga ko ari ngenzi ko muri teritwari ya Masisi.

Kuri uy'u mugoroba, M23 yigambye kwa mbura ihuriro ry'ingabo za leta ya Kinshasa, agace bavuga ko ari ngenzi ko muri teritwari ya Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?