• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mugihe Tshisekedi akomeje gushotora u Rwanda afatanije n’ubutegetsi bwa Gitega, M23 yo uyumunsi y’igaruriye Localite zitanu izambuye ihuriro ry’ingabo za RDC.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2024
in Regional Politics
0
Mugihe  Tshisekedi akomeje gushotora u Rwanda afatanije n’ubutegetsi bwa Gitega, M23 yo uyumunsi y’igaruriye Localite zitanu izambuye ihuriro ry’ingabo za RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihe perezida Félix Tshisekedi akomeje politike yo gushotora i gihugu cy’u Rwanda afatanije n’ubuyobozi bwa leta ya Gitega, M23 yo ikomeje kwa mbura ingabo za Tshisekedi ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi.

You might also like

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Leta ya perezida Félix Tshisekedi, binyuze kuri perezida w’inteko nshinga mategeko wagateganyo, Christophe Mboso, muriki cy’umweru turimo yasabye Abanyekongo kw’itegurira gutera u Rwanda avuga ko rutera inkunga M23, ibyo Kigali yakomeje gutera utwatsi hubwo bagashinja ubutegetsi bwa Tshisekedi gufasha u mutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

Ibya Kinshasa, byenda gusa nibyo ubutegetsi bwa Gitega buheruka gutangaza aho minisitiri w’ingabo z’u Burundi, ku mugoroba wo k’uwa Kabiri, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye ko ziri koherezwa k’u mupaka uhuza u Burundi n’u Rwanda, mu rwego rwo kugira ngo bitegurire guhangana n’u Rwanda, urwo bashinja gufasha no gucumbikira Inyeshamba za Red Tabara, u Rwanda rurabihakana.

Uyu minisitiri w’ingabo z’u Burundi yavuze kandi ko batari kohereza ingabo zonyine ko hubwo bari kohereza n’ibikoresho byinshi by’agisirikare birimo imbunda ziremereye.

Mu gihe ibyo biruko imirwano irakomeje hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, harimo FDLR, ingabo z’u Burundi, SADC na Wazalendo.

N’imirwano n’uyumunsi yabereye mubice biherereye muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ikaba yasize M23 y’igaruriye Localite zitanu zinini, zo muri teritware ya Masisi, harimo Localite ya Rushoga, Majagi, Rwiririza, Kazinga na Kabushumba.

Iy’i mirwano kandi yo kuri uyu wa Kane, tariki ya 01/02/2024, M23 yasubije inyuma ibitero bagabweho n’ihuriro ry’ingabo za RDC, mu birindiro byabo biherereye muri Localité ya Karuba na Mushaki no mu nkengero zaho, nk’uko urubuga rwa Alliance Fleuve Congo, rwa bitangaje.

Bruce Bahanda.

Tags: GitegaM23 y'igaruriye Localite zitanuMasisiTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari umugambi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru mpuzamahanga The Wall Street Journal agaragaza uko dipolomasi yo ku rwego rwo...

Read moreDetails

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini cya Dipolomasi mu Karere Igihe, bisabwe ku buryo bweruye na Perezida wa Angola, João Lourenço, Guverinoma ya Repubulika...

Read moreDetails

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika Mu mateka y’umugabane wa Afurika hagaragaye abantu bagize...

Read moreDetails

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe kwakira no kugirana ibiganiro na Gen. Dagvin...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uy’u mugoroba, M23 yigambye kwa mbura ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa, agace bavuga ko ari ngenzi ko muri teritwari ya Masisi.

Kuri uy'u mugoroba, M23 yigambye kwa mbura ihuriro ry'ingabo za leta ya Kinshasa, agace bavuga ko ari ngenzi ko muri teritwari ya Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?