• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mugiterane Cya Pentecôte Cyahuje Amatorero Ane Ya Nakivale Ho Muri Uganda, Hatanzwe Ubuhamya Bwuwarokotse Yafashwe N’a Maï Maï.

minebwenews by minebwenews
May 28, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mugiterane cya Pentecôte cyahuje Amatorero ane(4), ariyo Chekina Church, Shalom, New Leh na Redeemd, hatanzwe ubuhamya bw’umunyamulenge wafashwe amatekwa n’a Maï Maï aza kurokoka.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Mubiteguriwe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 28.05.2023, saa 9:30 pm, kumasaha ya Uganda n’a Nairobi.

Kuruyu Wamungu (Kucyumweru), ubwo Abakirisitu b’amatorero ya Nakivale ho muri Uganda bari mugiterane cya Pentecôte (Kuzamurwa kwa Yesu ava mw’isi aja mwijuru), umwe muba Kirisitu yatanze ubuhamya uburyo yafashwe na Mai Mai, akaza kurokoka.

Iki giterane cyari murusengero rwa New Leh, bwana Ntazika, w’umunyamulenge, yagize ati : “Narokotse kwicwa nabarwanyi ba Maï Maï Bishambuke, baranfashe ndimu Rutigita ho muri Minembwe, bafashe Imihoro barantema mumugongo no kubitugu, igitangaje barangije kuntema bongera barampambira ngontaguma kuva amaraso, barangije kumpambira barandekura.”

Ubwo bafataga Umunyamulenge Ntazika, bamusanze murwuri rw’inka aragiye kumusozi wo mu Rutigita, ibi byabaye murizi ntambara za 2017-2019.

Ntazika w’umunyamulenge, yatanze ubu buhamya mugihe yari yabanjye gufata Micro arasenga asenga Isengesho ryakoze kumitima yabenshi kuko igihe yasenze yibikuje abantu ibihe banyuzemo by’intambara asenga abwira “Imana gukomeza kubarinda Maï Maï (Abajenesi).”

Mubusanzwe Ntazika w’umunyamulenge, asanzwe ari umuyumbe mubayumbe ba Nakivale, akaba yarahunze intambara za Mai Mai igihe basenyaga akarere ko mu Marango ho muri Minembwe, muri Teritware ya Fizi, muntara ya Kivu yamajy’Epfo.

Murico giterane kandi cyahuje Amatorero ane (4), uwitwa Désire umukirisitu wo mwitorero rya Chekina, we yafashe Micro asaba abateranye bose ko basengera icyifuzo gisaba Imana ko yoca inzira Abanyamulenge nabandi bose bahunze ko bongera guhunguka bagasubira mugihugu bita Gakondo yabo ariho Mumisozi Miremire y’Imulenge (High Land Of Mulenge), aha akaba ari mu majy’Epfo ya Kivu, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.

Abanyecongo bahunze Intambara zimaze imyaka irenga 20, iz’intambara zikunze kwibasira abo mubwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge), bakaba abenshi barasize ibyabo muri Kivu yamajy’Epfo, kuri none bamwe mubahunze bari Uganda abandi ahandi bari mubindi bihugu bitandukanye mumigabe igize Isi.

Icyo abenshi bashira imbere nuko Imana yabagirira imbabazi Igihugu cyabo intambara zikarangira bakongera bagasubira mubyabo gusa harabandi nabo bashize imbere kuja mubihugu byokuyindi migabane itari AFrica, bararikiye Amerika n’Uburaya.

Tags: KurokokaMaï MaïMurutigitaNtazika
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Erdogan Celebrates His Victory In Turkey's Presidential Run-Off Election.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?