• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mukiganiro Bwakeye Gute Imulenge, Havuzwe Uburyo ab’Atutsi Bakomeje Gukorerwa Ihohoterwa Muri RDC.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mukiganiro Bwakeye gute Imulenge, havuzwe ko Abanyamulenge bakomeje gukorerwa ihohoterwa muri Teritware ya Uvira.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iki kiganiro mwagiteguriwe na Bruce Bahanda, nfashijwe numwe mubaturage b’Irwanaho.

Ihohoterwa rikomeje gukorerwa abo mubwoko bw’Abatutsi cangwa se Abanyamulenge bo muri Kivu yamajy’Epfo aha ni muri Republika ya Democrasi ya Congo (RDC).

Nkuko byavuzwe havuzwe ko harabakecuru baheruka gukorerwa ihohoterwa nimugihe bavaga kumisozi Miremire y’Imulenge bamanuka aho bakunze kwita Kumushasha i Buvira.

Uwatanze ubuhamya yagize ati : “Bavandimwe , twahurutse Uvira tuva Kundondo, ariko ejo habaye ikibazo, harabakecuru babiri twazanye ngo tugere hafi ya Kirungwa tumanuka duhanamiye Uvira, barya bakecuru bitangwa nabasore babiri( 2), bo mubwoko bw’Apfurelo babanyaga ibikapo byabo birimo amahuzu n’ikarite Ndangamuntu (carte d’identité ), ntibarekera aho barabakubita umwe bamutema nurutoki igihe barimo bagwanira ibikapu.”

Nkuko byavuzwe aka karengane gakorerwa Abatutsi muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, bivugwa ko katangiye kera cane, ahagana mumwaka wa 1960 kugeza none, abo bakecuru bakorewe iryo hohoterwa barikorewe kuruyu wambere tariki 08.05.2023.

Naho mugace ka Gitoga ho muri Rurambo haravugwa ibiganiro byahuje amoko yose aturiye Rurambo (Abapfurelo, Abatwa ndetse na Banyamulenge), ibi biganiro bikaba byarateguwe nabaturage barimo naba Chefs baka karere. Ikigamijwe akaba arugushaka amahoro muri Rurambo ho muri Teritware ya Uvira, muntara ya Kivu yamajy’Epfo.

Ibivugwa i Masisi ho mubavandimwe bab’Anyamulenge bo muri Kivu yamajy’Epfo, hongeye kuvugwa kurebana ayingwe hagati yabasirikare ba M23 nihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa.

Nimugihe byamaze kumenyekana ko umutwe wa Nyatura n’Interahamwe bashizwe imbere mungabo za FARDC bakaba bashaka guhangana n’ingabo za M23 zirwanira ukubaho kwabo nababo.

Agace kavuzwemo interahamwe na Nyatura nimu Kirunga cya Nyamuragira, no mugace ka Nyamitabo.

Isaha iyariyo yose bashobora kwambikana, nkuko Minembwe Capital News, yahawe ayamakuru.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Président Félix Tshisekedi, Ngwashobora Gusezerera Vuba Ingabo Za EAC, Ziri Muburasirazuba Bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?