
Christian Atsu, yagaragaye yapfuye nkuko umuhagarariye (Agent) we yabitangaje nyuma yiminsi hafi 11 yarabuze kubera umitingito ukomeye wibasiye Turukiya.
Akaba yaravuka mugihugu ca Ghan.
Tumwifurije kugira ibiruhuko bidashira.
Naho Lee Mason, yasezeye ku mirimo ye nk’umusifuzi wa Premier League wo kuri VAR nyuma y’ikosa rye rikomeye ryaviriyemo Arsenal kuhatakariza amanota 2, ku gitego cya Brentford bitewe nuko Lee Mason yibagiwe guca imirongo yo kurarira.
Zambiya, ku ya 27 zukwezi kwa gatatu umwaka wa2023, izakira umukino wa Gishuti wabakanyujijeho (Legends) hagati ya Zambiya na FC Barcelona kuri National Heroes stadium I Lusaka.
Benshi mu bahoze bakinira ikipe ya Barcelona bemeje ko bazitabira bayobowe na Ronaldinho Gaúcho.
Zambiya izakoresha uyu mukino kugirango yimenyekanishe cyane nk’ahantu heza h’ubukerarugendo no gushora imari.