• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mumakuru Yimikino Dusanga Harimo Impinduka Zabakinyi Barimo Gushakishwa Namakipe Yibigugu.

minebwenews by minebwenews
May 26, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mumakuru yimikino dusanga abakinyi bibirangirire barimo kugugwa.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Nka rutahizamu wa Inter Milan, Lukaku w’imyaka 30, mwibarua yanditse yavuze ko we yarazi ko iyi kipe yo mu Butaliyani izamusinyisha mugihe kwerekeza muri Chelsea bitamuhiriye.

Ikipe ya Manchester United irashaka gusinyisha rutahizamu wa Tottenham, Harry Kane, wimyaka 29, na Declan Rice w’imyaka 24, n’umukinnyi wo hagati wa Chelsea Mason Mount w’imyaka 24, bakazasinya mukwezi gutaha. ayanamakuru dukesha Sky Sports.

Naho United yatangiye ibiganiro na Juventus kumukinyi wo hagati w’Ubufaransa Adrien Rabiot, hagamijwe gusinyisha uyu musore w’imyaka 28.

Spurs yo yavuganye n’uwahoze ari umutoza wa Leicester, Brendan Rodgers, mu gihe Graham Potter wahoze atoza Chelsea ndetse n’uwahoze ari umutoza mukuru wa Espagne, Luis Enrique na bo bari ku rutonde .

Enrique we araza mubimbere bashaka gusimbuza umutoza mukuru wa Paris St-Germain.

Chelsea na Liverpool zirimo gukurikirana umukinyi wo hagati w’umubiligi Romeo Lavia wimyaka 19.

Ikipe ya Milan yo yamaze kugura umukinnyi wo hagati wa Chelsea uvuka mubwongereza Ruben Loftus wimyaka 27.

Umukinyi wo hagati wa Leicester City James Maddison w’imyaka 26, hamwe na Kieran Tierney w’imyaka 25, barimo gushakishwa na Newcastle United Muruku kwezi gutaha bakaba bashaka kureba imbaraga zabo mu gikombe cya Shampiyona itaha.

Aston Villa nayo irihafi gusinyisha Harvey Barnes wimyaka 25 wakiniraga Leicester City.

Fulham, iri mu biganiro na Willian ukomoka muri Berezile.

Everton yavuganye n’umutoza mukuru wa Botafogo, Luis Castro w’imyaka 61, ubwo baganira ku gusimbura Sean Dyche nk’umuyobozi muri iyi shampiyona.

Paris St-Germain yatanze isoko rya Sporting Lisbon hamwe n’umukinnyi wo hagati wa Uruguay Manuel Ugarte, mu gihe Chelsea nayo iri mu guhatanira uyu mukinnyi w’imyaka 22.

Rutahizamu ukomoka muri Arijantine, Angel di Maria yiteguye kuva muri Juventus nk’umuntu wigenga bikazaba ubu vuba.

Myugariro wa Porutugali, Diogo Dalot, ufite imyaka 24, ari mu cyiciro cya nyuma cy’imishyikirano yo gusinya amasezerano mashya na Manchester United.

Newcastle na Aston Villa bari mu makipe akurikirana Swansea City n’umukinnyi wo hagati wa Scotland Azeem Abdulai, ufite imyaka 20.

Tags: Amakuru yimikino
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Afrika Icitsemo Kabiri Uburasirazuba Bugiye Kwikurira Nkundi Mugabane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?