Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mumakuru Yimikino Dusanga Harimo Impinduka Zabakinyi Barimo Gushakishwa Namakipe Yibigugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 26, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mumakuru yimikino dusanga abakinyi bibirangirire barimo kugugwa.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nka rutahizamu wa Inter Milan, Lukaku w’imyaka 30, mwibarua yanditse yavuze ko we yarazi ko iyi kipe yo mu Butaliyani izamusinyisha mugihe kwerekeza muri Chelsea bitamuhiriye.

Ikipe ya Manchester United irashaka gusinyisha rutahizamu wa Tottenham, Harry Kane, wimyaka 29, na Declan Rice w’imyaka 24, n’umukinnyi wo hagati wa Chelsea Mason Mount w’imyaka 24, bakazasinya mukwezi gutaha. ayanamakuru dukesha Sky Sports.

Naho United yatangiye ibiganiro na Juventus kumukinyi wo hagati w’Ubufaransa Adrien Rabiot, hagamijwe gusinyisha uyu musore w’imyaka 28.

Spurs yo yavuganye n’uwahoze ari umutoza wa Leicester, Brendan Rodgers, mu gihe Graham Potter wahoze atoza Chelsea ndetse n’uwahoze ari umutoza mukuru wa Espagne, Luis Enrique na bo bari ku rutonde .

Enrique we araza mubimbere bashaka gusimbuza umutoza mukuru wa Paris St-Germain.

Chelsea na Liverpool zirimo gukurikirana umukinyi wo hagati w’umubiligi Romeo Lavia wimyaka 19.

Ikipe ya Milan yo yamaze kugura umukinnyi wo hagati wa Chelsea uvuka mubwongereza Ruben Loftus wimyaka 27.

Umukinyi wo hagati wa Leicester City James Maddison w’imyaka 26, hamwe na Kieran Tierney w’imyaka 25, barimo gushakishwa na Newcastle United Muruku kwezi gutaha bakaba bashaka kureba imbaraga zabo mu gikombe cya Shampiyona itaha.

Aston Villa nayo irihafi gusinyisha Harvey Barnes wimyaka 25 wakiniraga Leicester City.

Fulham, iri mu biganiro na Willian ukomoka muri Berezile.

Everton yavuganye n’umutoza mukuru wa Botafogo, Luis Castro w’imyaka 61, ubwo baganira ku gusimbura Sean Dyche nk’umuyobozi muri iyi shampiyona.

Paris St-Germain yatanze isoko rya Sporting Lisbon hamwe n’umukinnyi wo hagati wa Uruguay Manuel Ugarte, mu gihe Chelsea nayo iri mu guhatanira uyu mukinnyi w’imyaka 22.

Rutahizamu ukomoka muri Arijantine, Angel di Maria yiteguye kuva muri Juventus nk’umuntu wigenga bikazaba ubu vuba.

Myugariro wa Porutugali, Diogo Dalot, ufite imyaka 24, ari mu cyiciro cya nyuma cy’imishyikirano yo gusinya amasezerano mashya na Manchester United.

Newcastle na Aston Villa bari mu makipe akurikirana Swansea City n’umukinnyi wo hagati wa Scotland Azeem Abdulai, ufite imyaka 20.

Tags: Amakuru yimikino
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Afrika Icitsemo Kabiri Uburasirazuba Bugiye Kwikurira Nkundi Mugabane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?