• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Murashi yagize ibindi avuga ku Banyamulenge abasaba n’imbabazi.

minebwenews by minebwenews
January 16, 2025
in Regional Politics
0
Ntuyahaga yasubije Umunyarwanda uheruka kuvuga ko Abanyamulenge ari “inzererezi.”
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Murashi yagize ibindi avuga ku Banyamulenge abasaba n’imbabazi.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Isaie Murashi, Umunyarwanda yasabye imbabazi Abanyamulenge nyuma y’aho avuze ko ari “ibigarasha n’inzererezi,” ariko asobanura ko abo yavugaga bari Abanyamulenge batavuga rumwe n’abandi.

Umusibo ejo hashize, Murashi akoresheje konti ye ya Facebook yatanze ubutumwa agaragaza ko yacitswe ariko ko atari Abanyamulenge bose yashaka kuvugaho.

Yagize ati: “Muzi ko ndi umufana wa M23 kuko ni Abavandimwe banjye. Ikindi ndi umufana wa Col.Makanika na Twirwaneho. Kubyibyo mbabazwa na Masunzu n’abandi nkawe, aba nibo nashakaga kuvuga, hanyuma ndacikwa nkora globalization.”

Yakomeje agira ati: “Rero ni ikosa nemera kandi nsabye imbabazi abanyumvise bakababara. Umuco wa gifura wo gusaba imbabazi no kuzitanga turawusangiye. Nk’umuntu narakosheje nk’uko n’undi wese yakosa. Mugire ishya n’ihirwe Inka n’abana.”

Mu butumwa bwe bwa mbere yari yavuze ko we ari umunyamateka, bityo ko azi “Abanyamulenge.” Avuga ko ari abantu batazi ubuyobozi kandi bagira imico ivagavanzemo iy’igipfulero, i kibembe n’ikivira.

Yavuze ko Abanyamulenge ari Abatutsi ariko ko batazi ko ari bo. Anavuga ko bamwe muri bo bazimiriye mu bwoko bw’Abashi mu myaka 500 ishize.

Hari naho yari yavuze ko ari ibigarasha n’inzererezi.

Ibi byatumye Abanyamulenge bababara, ndetse bamwe muri bo batanga ubutumwa ba mubwira ko atazi amateka banasobanura ko Abanyamulenge bageze muri RDC bakurikiye ubwatsi bw’inka, bityo ibyari bibaraje inshinga babigezeho kandi batunga n’imiryango yabo neza.

Mu bindi bamubwiye, nk’uko biri mu nkuru ya mbere twanditse kuri Minembwe.com bavuze ko Abanyamulenge ari Abatutsi ijana ku ijana kandi batigeze bivanga n’andi moko.

Usibye n’ibyo basubije Murashi ko bayoboye kera, aho bavuze uwitwa Kayira wayoboye Localité ya Garyi, ndetse hari n’abandi bayoboye barimo Ntakandi.

Gusa bagaragaza ko Abanyamulenge bagiye barwanywa n’andi moko yo muri iki gihugu, mu rwego rwo kugira ngo bazahore ari abashitsi mu gihugu cyabo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu byo basubizaga Murashi barimo bamweka ko yashigikiye abahora barwanya Abanyamulenge, kimwe na ba Justin Bitakwira n’abandi bameze nkawe.

Tags: AbanyamulengeImbabaziMasunzuMurashi
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano ikomeye yaramukiye mu duce two muri Kalehe.

Imirwano ikomeye yaramukiye mu duce two muri Kalehe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?