• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Murashi yagize ibindi avuga ku Banyamulenge abasaba n’imbabazi.

minebwenews by minebwenews
January 16, 2025
in Regional Politics
0
Ntuyahaga yasubije Umunyarwanda uheruka kuvuga ko Abanyamulenge ari “inzererezi.”
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Murashi yagize ibindi avuga ku Banyamulenge abasaba n’imbabazi.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Isaie Murashi, Umunyarwanda yasabye imbabazi Abanyamulenge nyuma y’aho avuze ko ari “ibigarasha n’inzererezi,” ariko asobanura ko abo yavugaga bari Abanyamulenge batavuga rumwe n’abandi.

Umusibo ejo hashize, Murashi akoresheje konti ye ya Facebook yatanze ubutumwa agaragaza ko yacitswe ariko ko atari Abanyamulenge bose yashaka kuvugaho.

Yagize ati: “Muzi ko ndi umufana wa M23 kuko ni Abavandimwe banjye. Ikindi ndi umufana wa Col.Makanika na Twirwaneho. Kubyibyo mbabazwa na Masunzu n’abandi nkawe, aba nibo nashakaga kuvuga, hanyuma ndacikwa nkora globalization.”

Yakomeje agira ati: “Rero ni ikosa nemera kandi nsabye imbabazi abanyumvise bakababara. Umuco wa gifura wo gusaba imbabazi no kuzitanga turawusangiye. Nk’umuntu narakosheje nk’uko n’undi wese yakosa. Mugire ishya n’ihirwe Inka n’abana.”

Mu butumwa bwe bwa mbere yari yavuze ko we ari umunyamateka, bityo ko azi “Abanyamulenge.” Avuga ko ari abantu batazi ubuyobozi kandi bagira imico ivagavanzemo iy’igipfulero, i kibembe n’ikivira.

Yavuze ko Abanyamulenge ari Abatutsi ariko ko batazi ko ari bo. Anavuga ko bamwe muri bo bazimiriye mu bwoko bw’Abashi mu myaka 500 ishize.

Hari naho yari yavuze ko ari ibigarasha n’inzererezi.

Ibi byatumye Abanyamulenge bababara, ndetse bamwe muri bo batanga ubutumwa ba mubwira ko atazi amateka banasobanura ko Abanyamulenge bageze muri RDC bakurikiye ubwatsi bw’inka, bityo ibyari bibaraje inshinga babigezeho kandi batunga n’imiryango yabo neza.

Mu bindi bamubwiye, nk’uko biri mu nkuru ya mbere twanditse kuri Minembwe.com bavuze ko Abanyamulenge ari Abatutsi ijana ku ijana kandi batigeze bivanga n’andi moko.

Usibye n’ibyo basubije Murashi ko bayoboye kera, aho bavuze uwitwa Kayira wayoboye Localité ya Garyi, ndetse hari n’abandi bayoboye barimo Ntakandi.

Gusa bagaragaza ko Abanyamulenge bagiye barwanywa n’andi moko yo muri iki gihugu, mu rwego rwo kugira ngo bazahore ari abashitsi mu gihugu cyabo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu byo basubizaga Murashi barimo bamweka ko yashigikiye abahora barwanya Abanyamulenge, kimwe na ba Justin Bitakwira n’abandi bameze nkawe.

Tags: AbanyamulengeImbabaziMasunzuMurashi
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano ikomeye yaramukiye mu duce two muri Kalehe.

Imirwano ikomeye yaramukiye mu duce two muri Kalehe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?