• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Murashi yagize ibindi avuga ku Banyamulenge abasaba n’imbabazi.

minebwenews by minebwenews
January 16, 2025
in Regional Politics
0
Ntuyahaga yasubije Umunyarwanda uheruka kuvuga ko Abanyamulenge ari “inzererezi.”
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Murashi yagize ibindi avuga ku Banyamulenge abasaba n’imbabazi.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Isaie Murashi, Umunyarwanda yasabye imbabazi Abanyamulenge nyuma y’aho avuze ko ari “ibigarasha n’inzererezi,” ariko asobanura ko abo yavugaga bari Abanyamulenge batavuga rumwe n’abandi.

Umusibo ejo hashize, Murashi akoresheje konti ye ya Facebook yatanze ubutumwa agaragaza ko yacitswe ariko ko atari Abanyamulenge bose yashaka kuvugaho.

Yagize ati: “Muzi ko ndi umufana wa M23 kuko ni Abavandimwe banjye. Ikindi ndi umufana wa Col.Makanika na Twirwaneho. Kubyibyo mbabazwa na Masunzu n’abandi nkawe, aba nibo nashakaga kuvuga, hanyuma ndacikwa nkora globalization.”

Yakomeje agira ati: “Rero ni ikosa nemera kandi nsabye imbabazi abanyumvise bakababara. Umuco wa gifura wo gusaba imbabazi no kuzitanga turawusangiye. Nk’umuntu narakosheje nk’uko n’undi wese yakosa. Mugire ishya n’ihirwe Inka n’abana.”

Mu butumwa bwe bwa mbere yari yavuze ko we ari umunyamateka, bityo ko azi “Abanyamulenge.” Avuga ko ari abantu batazi ubuyobozi kandi bagira imico ivagavanzemo iy’igipfulero, i kibembe n’ikivira.

Yavuze ko Abanyamulenge ari Abatutsi ariko ko batazi ko ari bo. Anavuga ko bamwe muri bo bazimiriye mu bwoko bw’Abashi mu myaka 500 ishize.

Hari naho yari yavuze ko ari ibigarasha n’inzererezi.

Ibi byatumye Abanyamulenge bababara, ndetse bamwe muri bo batanga ubutumwa ba mubwira ko atazi amateka banasobanura ko Abanyamulenge bageze muri RDC bakurikiye ubwatsi bw’inka, bityo ibyari bibaraje inshinga babigezeho kandi batunga n’imiryango yabo neza.

Mu bindi bamubwiye, nk’uko biri mu nkuru ya mbere twanditse kuri Minembwe.com bavuze ko Abanyamulenge ari Abatutsi ijana ku ijana kandi batigeze bivanga n’andi moko.

Usibye n’ibyo basubije Murashi ko bayoboye kera, aho bavuze uwitwa Kayira wayoboye Localité ya Garyi, ndetse hari n’abandi bayoboye barimo Ntakandi.

Gusa bagaragaza ko Abanyamulenge bagiye barwanywa n’andi moko yo muri iki gihugu, mu rwego rwo kugira ngo bazahore ari abashitsi mu gihugu cyabo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu byo basubizaga Murashi barimo bamweka ko yashigikiye abahora barwanya Abanyamulenge, kimwe na ba Justin Bitakwira n’abandi bameze nkawe.

Tags: AbanyamulengeImbabaziMasunzuMurashi
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano ikomeye yaramukiye mu duce two muri Kalehe.

Imirwano ikomeye yaramukiye mu duce two muri Kalehe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?