• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, abarimo n’Abadepite bamaganye igisa na Genocide ikorerwa abavuga ururimi rw’ikinyarwanda muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 2, 2024
in Regional Politics
0
Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, abarimo n’Abadepite bamaganye igisa na Genocide ikorerwa abavuga ururimi rw’ikinyarwanda muri RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’u wa Kane, tariki ya 01/02/2024, i WASHINGTON, D.C. Depite André Carson, yashigikiye umwanzuro wa magana ihohoterwa rikorerwa abavuga ururimi rw’ikinyarwanda muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (DRC).

You might also like

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, n’imiryango iharanira ubuvugizi, yashize inyandiko hanze zamagana igisa na Genocide ikorerwa abavuga ururimi rw’ikinyarwanda, bavuga ko iryo hohoterwa rikorwa n’abasirikare ba RDC, n’imitwe yitwara gisirikare ikorana bya hafi n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bavuga ku byaha bishingiye ku gutoteza bitwaje ubwoko; aha bakurikije ingingo ya 2 ikubiyemo amasezerano y’umuryango w’Abibumbye, ushinzwe gukumira no guhana ibyaha bya Genoside. Abagiye batotezwa ahanini bagaragaje ko ari abo mu muryango wa bavuga ururimi rw’i Kinyarwanda, batotejwe n’imitwe yitwaje imbunda ndetse n’inzego z’umutekano; bazishinja gutoteza, gukora ubwicanyi, gushimuta, gufata ku ngufu n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, kwinjiza abana mu gisirikare, n’ibindi bikorwa byibasira abaturage b’u bwoko bumwe.

Depite Carson yagize ati: “Abantu bakomeje guhunga muri RDC, nta kindi bahunga usibye urugomo, bityo rero Amerika ifite inshingano zo guhagurukira guhangana n’ihohoterwa rikorerwa ikiremwa muntu. Nkomeje guhangayikishwa n’uko ibintu muri RDC bititabiriwe n’amahanga.”

Amajwi y’abaturage bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo akunze kumvikana atakira Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ndetse n’andi mahanga, n’ubwo ba bura ubitaba.

Yagize ati: “Icyakora, ihohoterwa rya kunze kwibasira amoko y’Abatutsi n’Abanyamulenge muri rusange. Ibi byiyongereye cyane igihe umutwe wa M23 wongeye kubura imirwano. Ni ngombwa ko ibi bibazo bitorerwa umuti, Amerika ifite inshingano yo kwibutsa abayobozi ba Congo inshingano zabo zo kurinda abaturage bose batitaye ku moko.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abarimo n'AbadepiteAmerikaBamaganye igisa na GenocideIkorerwa abavuga ururimi rw'ikinyarwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

by Bahanda Bruce
December 11, 2025
0
Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi Guhera tariki ya 09/12/2025, ubwo Umujyi wa Uvira wafashwe n’umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, igihugu cy’u Burundi cyatangiye guhura n’ingaruka zikomeye ku...

Read moreDetails

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

U Rwanda Rurashinja RDC n'u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w'Akarere Leta y’u Rwanda, ibinyujije mu itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yatangarije amahanga ko...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Mugihe  Tshisekedi akomeje gushotora u Rwanda afatanije n’ubutegetsi bwa Gitega, M23 yo uyumunsi y’igaruriye Localite zitanu izambuye ihuriro ry’ingabo za RDC.

M23, ngoyaba yamaze kwinjira muri gahunda yo gucyecekesha intwaro zose ziteza imibabaro abaturage mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?