• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, indege y’uwahoze ari Perezida agenderamo yakoze impanuka.

minebwenews by minebwenews
May 15, 2024
in World News
0
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, indege y’uwahoze ari Perezida agenderamo yakoze impanuka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Amerika indege y’uwahoze ari Perezida agenderamo yakoze impanuka.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

N’indege yo mu bwoko Boeing 757 ya Donald Trump wahoze ari umukuru w’iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yakoze impanuka, nk’uko iy’inkuru yatangajwe na Reuters.

Ivuga ko yagonganye n’indi ndege, ubwo yari imaze kugwa ku k’ibuga cy’indege mpuzamahanga cya West Palm Beach muri leta ya Florida.

Iki gitangaza makuru cya navuze ko iri gongana ryabayeho ubwo iyi ndege yari imaze kugwa ku k’ibuga neza nta kibazo ariko mu gihe yari iri kugendesha amapine hasi, igongesha ibaba ryayo ku y’ indi ndege ya Sosiyete itatangajwe izina gusa yo ntawari uyirimo

Ikigo cyo muri Amerika gishinzwe iby’ingendo ryo mu kirere cyitwa Federal Aviation Administration cyahamije ko ibi byabaye ku Cyumweru, tariki ya 12/05/2024. Gusa kugeza ubu ntibiramenyekana niba ubwo iyo mpanuka yabaga Donald yaba yari ari muri yo ndege cyangwa atari ayirimo.

Amakuru avuga ko iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing, Donald Trump yayiguze mu 20011 amadolari y’Amerika agera ku 100 miliyoni. Ay’amakuru kandi avuga ko iyi ndege yafashije Donald Trump mu bikorwa byo kwiyamamariza kuba perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu 2016.

Ibi bibaye mu gihe Donald trump ari guhatanira kongera kuyobora Amerika, mu gihe kuri ubu atorohewe n’imanza aho aregwamo ibyaha byo kunyereza imisoro ndetse akaba kandi anaregwa gufata ku ngufu.

      MCN.
Tags: AmerikaBoeingDonald TrumpIndegeYakoze impanuka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri w’intebe wa Slovakia, Robert Fico yarashwe amasasu muruhame.

Minisitiri w'intebe wa Slovakia, Robert Fico yarashwe amasasu muruhame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?