• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Muri Lweba homuri teritware ya Fizi, haravugwa amakimbirane hagati ya Soseyete Sivile yaho nabasirikare ba Republika ya Democrasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
July 13, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Soseyete Sivile muri groupement ya Basimunyaka y’Amajyaruguru, homuri teritware ya Fizi, yakomeretse bikabije n’imugihe yakubitwaga inshi n’umusirikare mukuru ureba Lweba.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 13/07/2023, saa 12:20Am, Kumasaha ya Bukavu n’a Minembwe.

I Fizi ho muntara ya Kivu yamajy’Epfo, uhagarariye Soseyete Sivile muri groupement ya Basimunyaka homumajy’Aruguru, yakomeretse mugihe yakubitwa ga inshi numusirikare mukuru ureba agace ka Lweba homuri Secteur ya Tanganika.

Iki gikorwa kibi cyakozwe n’umuyobozi mukuru mungabo za Republika ya democrasi ya Congo ( FARDC), ukorera mumuhana wa Lweba. Nigikorwa cyakozwe kuruyu mugoroba woku Wakabiri tariki 11/07/2023.

Uyu Muyobozi wa Soseyete civile, ibi byamubayeho mugihe uyu musirikare mukuru, yamutumiraga mu biro bye kugirango baganire kubyumutekano.

Nk’uko amakuru aturuka murako gace abivuga nuko icyateye iki kibazo ni uko abaturage babwiye uyu musirikare ko uyu perezida wa Soseyete Sivile ko ariwe Muyobozi mukuru wo muri Groupement ya Bashimunyaka kungabo nomubuyobozi bwa gisivile.

Uwo Muyobozi wabaturage baturiye ako gace komuri Groupement ya Bashimunyaka, bwana Wilondja, yatanze ayamakuru ababaye avuga ko yatunguwe n’imyitwarire y’uyu musirikare ufite ipeti rya Major. Maze asaba ubucyamanza(Ubutabera), kuburanisha Major ureba ingabo za Fardc muri Lweba.

Ati: “Ahagana muma saa kumi n’imwe n’igice z’umugoroba wokuruyu wa Kabiri, nibwo nakiriye ubutumwa buntumira kwitaba komanda wa FARDC i Lweba kugira ngo ampane. Ngeze mubiro bye atangira kumbaza ibibazo, mugihe arimo kumbaza umwe mubasirikare barikumwe nawe yarambajije ngo ndi perezida wa Soseyete Sivile cangwa ngo wa FARDC? Namushubije ko Soseyete Sivile idafite ububasha bwokuyobora abasirikare. Mubwira ko Soseyete Sivile iharanira uburenganzira bwabaturage bose. Ubwo nibwo yahise ahaguruka avuga ko ntashubije neza, noneho ankubita inshyi zitanu azinkubita kwitama, we n’umunyamabanga we, murako kanya umunwa wanjye warashwanyaguritse.”

Ku bijyanye no kumenya niba hazaba amakimbirane hagati yuyu musirikare mukuru n’a Perezida wa Soseyete Sivile muri Lweba.

Malango Wilondja, ariwe Muyobozi wa Soseyete Sivile yavuze ko atizeye neza iki kirego usibye ko avuga ko iki gikorwa cyakozwe ari abantu bashaka guhungabanya sosiyete sivile muri iyo groupement ya Bashimunyaka, kubera inyungu zabo bwite.

Ati: “Ku giti cyanjye, nakoze isesengura kuri iyi dosiye nsanga muri uyu mudugudu hari itsinda ryabantu bashaka kuba abayobozi ba sosiyete sivile, batekereza ko mbonamo inyungu nyinshi z’imiryango itabara imbabare izana ubufasha ibyo ni ukwibesha cyane. Aba nibo bashatse rero gukoresha uyu musirikare ngwangirire nabi. Ndasaba inkiko gukora iperereza kuri uru rubanza no guhana umuntu wabigizemo uruhare hakurikijwe amategeko.”

Mugihe itangaza makuru muraka gace bashatse kwinjira muriki kibazo kugira bamenye amakuru yimbitse, Major Ngandu, uregwa numukuru wa Soseyete Sivile yabwiye itangaza makuru ko bitemewe ko avuga Imbere yabo.

Tags: Abasirikare ba FARDCAmakimbiraneFiziLwebaSoseyete Sivile
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Ngobiratangaje kubona Guverinema ya Kinshasa, idahana abantu bameze nka Gen John Kasimbila Makanaki n'a Naluvumbu Kimbambala, bashinjwa ubw'icanyi bukorerwa Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?