Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 14, 2025
in Regional Politics
0
Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.

You might also like

Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara .

Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.

Ibya masezerano RDC yinjiyemo ashobora kuzamura urubyiruko.

Abaganga bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo batangarije ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi ko bashobora kwimukira mu Rwanda, mu gihe Leta ye itabishyura amafaranga y’ibirarane ibabereyemo.

Babitangaje ku munsi w’ejo ku wa kabiri tariki ya 13/05/2025, ubwo bari mu myigaragambyo isaba Leta ya RDC kubishyura.

Iyi myigaragambyo yabereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, no mu bindi bice biherereye hafi aho.

Amashusho yakwirakwijwe ku mbugankoranyambaga bumvikanamo baririmba indirimbo zirimo ubutumwa busaba Leta ko “ibi niba itabishoboye ngo itwishyure ibirarane itubereyemo turigendera i Kigali mu Rwanda. Ndetse kandi bavuga ko barambiwe n’ubutegetsi bwa Congo.

Ubwo bari muri iyo myigaragambyo bari bitwaje n’ibyapa byanditseho aya magambo: “Leta ni mutwishyure imishahara yacu, n’amafaranga yagahimbazamusyi, bikorwe aka kanya.”

Banagaragaje ko amafaranga barikwishyuza Leta ni ayo batahawe kuva mu kwezi kwa mbere uyu mwaka.

Hejuru y’ibyo, aba baganga barataka inzara , mu gihe mu minsi mike ishize perezida Felix Tshisekedi yatangaje ko agomba kubongerera umushahara, kimwe n’abandi bakozi ba Leta y’i Kinshasa.

Tags: AbagangaImishaharaKinshasaRwanda
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara .

by Bruce Bahanda
May 14, 2025
0
Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara .

Ubutegetsi bwa RDC hamenyekanye icyo buri gutegura bigaragaza ko bugishaka Intambara . Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo byamenyekanye ko burikuzana abacanshuro bo mu majy'epfo ya Leta...

Read moreDetails

Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.

by Bruce Bahanda
May 14, 2025
0
Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe.

Nigeria: Bitunguranye abasirikare bo mu itsinda ridasanzwe bashimuswe. Muri Nigeria abarwanyi bo mu mutwe wa kiyisilamu bateye ikigo cya Batayo ya Task Force iherereye mu majyaguru ashyira uburengerazuba...

Read moreDetails

Ibya masezerano RDC yinjiyemo ashobora kuzamura urubyiruko.

by Bruce Bahanda
May 14, 2025
0
Ibya masezerano RDC yinjiyemo ashobora kuzamura urubyiruko.

Ibya masezerano RDC yinjiyemo ashobora kuzamura urubyiruko. Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo wa siporo, Didier Budimbu, yasinyanye amasezerano n'ikipe yo mu Bufaransa, As Monaco...

Read moreDetails

Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

Perezida wa Afrika y'Epfo yavuze kuri mugenzi we w'u Rwanda Kagame. Umukuru w'igihugu cya Afrika y'Epfo, Cyril Ramophosa, yatangaje ko nta kibazo kiri hagati ye na perezida w'u...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika.

Perezida Kagame yavuze kuri Trump uheruka guhagarika inkunga kuri Afrika. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko ibyatangajwe na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika byo guhagarika...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?