• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri RDC, haravugwa urwi kwekwe, rwa bashaka guhirika u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
January 2, 2024
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bayobozi bakomeye b’Ingabo za RDC, General Gabriel Amis Tangufort, arashinjwa kuba mu mugambi wo gushaka guhirika u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

N’ikuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 02/01/2024, byagaragaye nyuma y’uko itsinda ry’Ingabo ninshi, zo mu barinda umukuru w’igihugu ca RDC (GR), bazengurutse urugo rwa General Amis Tangufort.

Nk’uko iy’inkuru yatangajwe bwa mbere n’ikinyamakuru cya Top Kivu, cyavuze ko urugo rwa General Amis Tangufort, rwa goswe n’Abasirikare ari uruherereye Mitendi, muri Komine ya Mont-Ngafula, i Kinshasa, kumurwa mukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Ibi bibaye mugihe Perezida Félix Tshisekedi, aheruka kwe gukana intsinzi, ku majwi 73%, mu matora aheruka gutangazwa bya gateganyo, tariki ya 31/12/2023.

Ibyo abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, abarimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege, bakomeje kunenga bakaba bari gusaba ko Amatora yasubirwamo bundi bushya bitaba ibyo hagafatwa ingamba nshyasha.

Bya vuzwe ko ibi byatumye haba urwikwekwe hagati mu butegetsi bwa Kinshasa, ahanini mu basirikare bakuru bagize igisirikare ca FARDC.

Gen Amis Tangufort, yigezeho kuba akuriye Ingabo za RDC zirwanira k’u butaka.

Bruce Bahanda.

Tags: Urwi kwekwe rwa bashaka guhirika u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

M23, yashize itangazo hanze ry'ifuriza abaturage baturiye ibice bagenzura umwaka mushya muhire w' 2024, bagira n'ibyo ba basezenya.

Comments 1

  1. Laurent says:
    2 years ago

    M23 Na Twirwaneho nizihuze Na AFC,zigire inguvu zikomeye tubone ubwigege

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?