Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri RDC, havutse undi mutwe ukomeye, wifatanije na M23 kurwanya ubutegetsi bwa Kinshasa no kubushiraho iherezo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 20, 2024
in Regional Politics
1
Muri RDC, havutse undi mutwe ukomeye, wifatanije na M23 kurwanya ubutegetsi bwa Kinshasa no kubushiraho iherezo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri RDC, havutse undi mutwe ukomeye wifatanije na M23 ku rwanya ubutegetsi bwa Kinshasa no kubushiraho iherezo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni umutwe wavukiye mu Ntara ya Tshopo, mu majyaruguru y’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho uwo mutwe wandikiye Guverineri w’i Ntara yabo, ba mu menyesha ko bo bafatanije na M23 ku rwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, no kubushiraho iherezo.

Uwo mutwe, ahanini ugizwe n’abo mu bwoko bwa Lombi, ndetse n’abandi bo muyandi moko yo muri ibyo bice.

Muri izi nyandiko harimo kandi ko uwo mutwe wandikiye Guverineri w’i Ntara ya Tshopo, banamumenyesha ko agomba kuburira igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kwirinda gukandagira muri teritware yabo ari yo Bafwasende, iherereye muri iyi Ntara ya Tshop.

Nk’uko bisanzwe, iyi teritwari ya Bafwasende, ipakanye na teritware ya Lubero mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho M23 imaze kugira uduce tumwe yigaruririye.

Amakuru avuga ko uwo mutwe wabo m’ubwoko bwa Lombi, uyobowe n’umurwanyi wikirangirire wihaye ipeti rya General, witwa Shokoro, muri izo nyandiko bandikiye M23 bayimenyesheje ko bamaze gushinga ubuyobozi bwa magrupema agize iyi teritware ya Bafwasende.

Ndetse kandi ay’amakuru akomeza anavuga ko aba barwanyi ba General Shokoro, uduce baherereyemo turi mu ntera y’ibirometro bike n’ibice M23 imaze kwambura ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa muri teritware ya Lubero.

Iz’i nyandiko kandi zivuga ko abantu 116 bo mu bwoko bwa Lombi b’abasivili, nabo bashizeho umukono kuri izo nyandiko zisaba M23 gukorana n’uyu mutwe uyobowe na General Shokoro.

Usibye kuvuga ko uwo mutwe uyobowe na General Shokoro usaba kuba umwe n’umutwe wa M23, abagize ubwoko bwa Lombi bahamagariye leta ya Kinshasa ko ingabo z’iki gihugu zidashoboye kurinda umutekano wo mu bice byabo

Bagize bati: “Turabanza gusaba umutekano uhagije, kuzana ingabo za RDC buri mpande kugira ngo zirinde umutekano wa magrupema yacu. Uruhare rwabo ruri aho, kurengera abasivile. Ariko kuboneka kwabo ni gake kandi izi ngabo za leta ntizishoboye.”

Kimweho, amakuru ava mu Ntara ya Tshopo ntiyemeza ko uyu murwanyi, General Shokoro, ko koko yaba yaramaze gushinga ubuyobozi bwa magrupema yo muri iyi teritwari ya Bafwasende. Gusa, amakuru avuga ko hakekwa ubufatanye bw’uyu mutwe uyobowe na General Shokoro n’uwa M23.

             MCN.
Tags: General ShokoroTshopoUmutwe ifatanije na M23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Abaturage bo muri Bibogobogo, mu misozi miremire y’Imulenge, muri Kivu y’Epfo, bahawe ubufasha.

Abaturage bo muri Bibogobogo, mu misozi miremire y'Imulenge, muri Kivu y'Epfo, bahawe ubufasha.

Comments 1

  1. Maniragaba Buda Sibomana says:
    1 year ago

    Inkuru yawe irivuguruza cyane , wowe uvuzeko havutse umutwe wifatanije na M23 , ati bandikiye gouverneur was Tshopo kuko ibo bafatanije na M23 kd bashaka umutekano.
    None usoje uvuga ngo birakekwa ko Gen. Shokoro yifanatije na M23 . Ubwo Niki twakura muriyinkuru

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?