• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri RDC, havutse undi mutwe ukomeye, wifatanije na M23 kurwanya ubutegetsi bwa Kinshasa no kubushiraho iherezo.

minebwenews by minebwenews
July 20, 2024
in Regional Politics
1
Muri RDC, havutse undi mutwe ukomeye, wifatanije na M23 kurwanya ubutegetsi bwa Kinshasa no kubushiraho iherezo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri RDC, havutse undi mutwe ukomeye wifatanije na M23 ku rwanya ubutegetsi bwa Kinshasa no kubushiraho iherezo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni umutwe wavukiye mu Ntara ya Tshopo, mu majyaruguru y’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho uwo mutwe wandikiye Guverineri w’i Ntara yabo, ba mu menyesha ko bo bafatanije na M23 ku rwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, no kubushiraho iherezo.

Uwo mutwe, ahanini ugizwe n’abo mu bwoko bwa Lombi, ndetse n’abandi bo muyandi moko yo muri ibyo bice.

Muri izi nyandiko harimo kandi ko uwo mutwe wandikiye Guverineri w’i Ntara ya Tshopo, banamumenyesha ko agomba kuburira igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kwirinda gukandagira muri teritware yabo ari yo Bafwasende, iherereye muri iyi Ntara ya Tshop.

Nk’uko bisanzwe, iyi teritwari ya Bafwasende, ipakanye na teritware ya Lubero mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho M23 imaze kugira uduce tumwe yigaruririye.

Amakuru avuga ko uwo mutwe wabo m’ubwoko bwa Lombi, uyobowe n’umurwanyi wikirangirire wihaye ipeti rya General, witwa Shokoro, muri izo nyandiko bandikiye M23 bayimenyesheje ko bamaze gushinga ubuyobozi bwa magrupema agize iyi teritware ya Bafwasende.

Ndetse kandi ay’amakuru akomeza anavuga ko aba barwanyi ba General Shokoro, uduce baherereyemo turi mu ntera y’ibirometro bike n’ibice M23 imaze kwambura ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa muri teritware ya Lubero.

Iz’i nyandiko kandi zivuga ko abantu 116 bo mu bwoko bwa Lombi b’abasivili, nabo bashizeho umukono kuri izo nyandiko zisaba M23 gukorana n’uyu mutwe uyobowe na General Shokoro.

Usibye kuvuga ko uwo mutwe uyobowe na General Shokoro usaba kuba umwe n’umutwe wa M23, abagize ubwoko bwa Lombi bahamagariye leta ya Kinshasa ko ingabo z’iki gihugu zidashoboye kurinda umutekano wo mu bice byabo

Bagize bati: “Turabanza gusaba umutekano uhagije, kuzana ingabo za RDC buri mpande kugira ngo zirinde umutekano wa magrupema yacu. Uruhare rwabo ruri aho, kurengera abasivile. Ariko kuboneka kwabo ni gake kandi izi ngabo za leta ntizishoboye.”

Kimweho, amakuru ava mu Ntara ya Tshopo ntiyemeza ko uyu murwanyi, General Shokoro, ko koko yaba yaramaze gushinga ubuyobozi bwa magrupema yo muri iyi teritwari ya Bafwasende. Gusa, amakuru avuga ko hakekwa ubufatanye bw’uyu mutwe uyobowe na General Shokoro n’uwa M23.

             MCN.
Tags: General ShokoroTshopoUmutwe ifatanije na M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Abaturage bo muri Bibogobogo, mu misozi miremire y’Imulenge, muri Kivu y’Epfo, bahawe ubufasha.

Abaturage bo muri Bibogobogo, mu misozi miremire y'Imulenge, muri Kivu y'Epfo, bahawe ubufasha.

Comments 1

  1. Maniragaba Buda Sibomana says:
    2 years ago

    Inkuru yawe irivuguruza cyane , wowe uvuzeko havutse umutwe wifatanije na M23 , ati bandikiye gouverneur was Tshopo kuko ibo bafatanije na M23 kd bashaka umutekano.
    None usoje uvuga ngo birakekwa ko Gen. Shokoro yifanatije na M23 . Ubwo Niki twakura muriyinkuru

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?