• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, umu minisitiri yeguye nyuma y’iminsi irindwi gusa, amaze ashizwe muri izo nshingano.

minebwenews by minebwenews
June 19, 2024
in Regional Politics
1
Muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, umu minisitiri yeguye nyuma y’iminsi irindwi gusa, amaze ashizwe muri izo nshingano.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, umu minisitiri yeguye nyuma y’iminsi irindwi gusa, amaze ashizwe muri izo nshingano.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni minisitiri Stéphanie Mbombo Muamba wari umaze icyumweru kimwe atangiye imirimo, avuga ko yeguye ku mpamvu ze bwite, nk’uko ibi byemejwe n’ibiro bya minisitiri w’intebe w’iki gihugu.

Byagize biti: “Minisitiri w’intebe yamenyesheje perezida Félix Tshisekedi ko minisitiri Stéphanie Mbombo Muamba yeguye, maze nawe amukuraho izo nshingano zo ku rwego rwo hejuru.”

Stéphanie Mbombo Muamba, abinyujije ku rukuta rwe rwa X, yavuze ko yafashe uwo mwanzuro uremereye ku mpamvu ze, yongeraho ko akomeje gushyigikira perezida uriho kandi ati: “Nifurije intsinzi nyayo Guverinoma ya Judith Suminwa.”

Yagiye kuri uyu mwanya avanwe aho yakoraga nk’u mujanama w’u mukuru w’ibiro by’u mukuru w’igihugu ku bijyanye n’ibidukikije.

Kwegura kwe ntibisanzwe mu butegetsi bwa Kinshasa, kandi igitangaje yegura mu minsi irindwi gusa ahawe izo nshingano, ni mu gihe kandi yari yabanjye kugaragaza ko yishimiye izo nshingano.

Uku kwegura kwatumye benshi muri iki gihugu bavuga bakekeranya ku mpamvu nyakuri zaba zabiteye.

Ahagana isaha z’umugoroba wo ku wa Gatanu mu Cyumweru gishize, nibwo minisitiri Stephanie Mbombo Muamba na bagenzi be bakoze inama ya mbere y’abaminisitiri , muri iyo nama anavuga ko mu bimureba, afite ubushake kandi azanye ingufu n’impinduka mu kuzana umusanzu munini w’umutungo kamere, mu kurwanya ihindagurika ry’ikirere.

Uyu Stephanie wize amategeko y’u bubanyi n’amahanga, yagiye ahagararira RDC mu nama mpuzamahanga zitandukanye ku bigendanye n’ibidukikije n’izirebana n’ingaruka ry’ikirere.

Kandi yari asanzwe ari umukuru w’ishyaka Cercle des Réformateurs Intègres du Congo (cric), ishyaka rishigikiye UDPS rya perezida Félix Tshisekedi,mbere yahoze mu ishyaka rya Mouvement de Liberation du Congo (MLC) rya Jean Pierre Bemba, aza kurivamo avuga ko ridashyira imbere uburenganzira bw’abagore nk’uko yabyifuzaga.

Umwirondoro wa Stephanie Mbombo Muamba ugaragaza ko yabaye mu bihugu by’i Burayi, mu Bubiligi no muri Australia, ndetse kandi yigezeho kuba umunyamakuru muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yari umwe mu bagore 17 mu bantu 54 bagize Guverinoma nshya ya Congo , ubu iraburamo umwe nyuma yo kwegura kwe.

           MCN.
Tags: RdcStéphanie Mbombo MuambaYeguye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Ibyigiwe mu nama y’abahinzi n’aborozi, ahari ngo byagira icyo bifasha impande zombi, muri Bibogobogo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibyigiwe mu nama y'abahinzi n'aborozi, ahari ngo byagira icyo bifasha impande zombi, muri Bibogobogo, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 1

  1. Pingback: Ese kuki Minisitiri Stéphanie Mbombo Muamba yeguye? Soma inkuru yose – MARIS POST

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?