Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, hitezwe impinduka nyuma yuko Tshisekedi agize Judith Suminwa Tuluka minisitiri w’intebe w’iki gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 2, 2024
in Regional Politics
0
Muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, hitezwe impinduka nyuma yuko Tshisekedi agize Judith Suminwa Tuluka minisitiri w’intebe w’iki gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Judith Suminwa Tuluka yagizwe minisitiri w’intebe muri Repubulika ya demokorasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni ahagana ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 01/04/2024, perezida Félix Antoine Tshisekedi, yashizeho Madamu Judith Suminwa Tuluka nka minisitiri w’intebe w’igihugu. Tuluku abaye umugore wa mbere ugiye kuri uyu mwanya kuva Congo yitwa Congo.

Uyu mwanya awutsimbuyeho Sama Lukonde wa wuvuyeho ku itariki ya 20/02/2024, wari weguye kuri uwo mwanya ngo ahe perezida Félix Tshisekedi wari uherutse gutorerwa manda ya kabiri ngo ashireho Guverinoma nshyasha.

Ibiro bya perezida Félix Tshisekedi byemeje ay’amakuru, aho byashize ubutumwa hanze bitangaza ko Tshisekedi yashizeho Suminwa Tuluka Judith kuba minisitiri w’intebe.

Madame Tuluku ubaye umugore wa mbere ugiye kuri uyu mwanya yahoze ari minisitiri w’igenamigambi muri leta ya Sama Lukonde .

Judith Suminwa aje mu gihe Repubulika ya Demokarasi ya Congo, iri mu bibazo birimo intambara itoroshye, aho ikomeje guca ibintu mu Burasirazuba bw’icyo gihugu.

Tuluku, yitezweho guhindura byinshi harimo no kuzamura ubukungu bw’i gihugu, ikibazo cyo gukemura imibereho y’abaturage hakiyongeraho itakaza gaciro ry’ifaranga rya Congo ndetse no guhangana na ruswa yabaye akarande mu butegetsi bwa Kinshasa.

                 MCN.
Tags: Judith Suminwa TulukaRdcSama LukondeTshisekediYagizwe minisitiri w'intebe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Igipolisi cya Repubulika ya demokorasi ya Congo(PNC), cyatangaje ko kigiye gutangiza operasiyo yahawe izina rya “Panther Noire,” mu Ntara zigize iki gihugu.

Igipolisi cya Repubulika ya demokorasi ya Congo(PNC), cyatangaje ko kigiye gutangiza operasiyo yahawe izina rya "Panther Noire," mu Ntara zigize iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?