• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, hitezwe impinduka nyuma yuko Tshisekedi agize Judith Suminwa Tuluka minisitiri w’intebe w’iki gihugu.

minebwenews by minebwenews
April 2, 2024
in Regional Politics
0
Muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, hitezwe impinduka nyuma yuko Tshisekedi agize Judith Suminwa Tuluka minisitiri w’intebe w’iki gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Judith Suminwa Tuluka yagizwe minisitiri w’intebe muri Repubulika ya demokorasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ahagana ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 01/04/2024, perezida Félix Antoine Tshisekedi, yashizeho Madamu Judith Suminwa Tuluka nka minisitiri w’intebe w’igihugu. Tuluku abaye umugore wa mbere ugiye kuri uyu mwanya kuva Congo yitwa Congo.

Uyu mwanya awutsimbuyeho Sama Lukonde wa wuvuyeho ku itariki ya 20/02/2024, wari weguye kuri uwo mwanya ngo ahe perezida Félix Tshisekedi wari uherutse gutorerwa manda ya kabiri ngo ashireho Guverinoma nshyasha.

Ibiro bya perezida Félix Tshisekedi byemeje ay’amakuru, aho byashize ubutumwa hanze bitangaza ko Tshisekedi yashizeho Suminwa Tuluka Judith kuba minisitiri w’intebe.

Madame Tuluku ubaye umugore wa mbere ugiye kuri uyu mwanya yahoze ari minisitiri w’igenamigambi muri leta ya Sama Lukonde .

Judith Suminwa aje mu gihe Repubulika ya Demokarasi ya Congo, iri mu bibazo birimo intambara itoroshye, aho ikomeje guca ibintu mu Burasirazuba bw’icyo gihugu.

Tuluku, yitezweho guhindura byinshi harimo no kuzamura ubukungu bw’i gihugu, ikibazo cyo gukemura imibereho y’abaturage hakiyongeraho itakaza gaciro ry’ifaranga rya Congo ndetse no guhangana na ruswa yabaye akarande mu butegetsi bwa Kinshasa.

                 MCN.
Tags: Judith Suminwa TulukaRdcSama LukondeTshisekediYagizwe minisitiri w'intebe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Igipolisi cya Repubulika ya demokorasi ya Congo(PNC), cyatangaje ko kigiye gutangiza operasiyo yahawe izina rya “Panther Noire,” mu Ntara zigize iki gihugu.

Igipolisi cya Repubulika ya demokorasi ya Congo(PNC), cyatangaje ko kigiye gutangiza operasiyo yahawe izina rya "Panther Noire," mu Ntara zigize iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?