• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Muri teritwari ya Nyiragongo abaturage baratabaza Leta ya Kinshasa kubagoboka nimugihe Wazalendo bari kwicira abaturage mu Myobo.

minebwenews by minebwenews
September 26, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage bo muri teritwari ya Nyiragongo baratabariza Guverinoma ya Kinshasa ku batabara nimugihe aba Baturage bavuga ko barikwicwa na Wazalendo.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Mubyo aba Baturage bagaragaje nuko ngo Wazalendo bakomeje kubica Rubozo aho bariya Wazalendo bakunze kubafungira Mukuzimu kandi bakabafunga ntacaha bafite nimugihe ngo hari uwo bishizemo nabi ahatesekera agace neza na neza Wazalendo bakoreramo ayo mabi akaba ari ahitwa ‘Biboro.’

Ubuhamya bwatanzwe n’umuturage utuye muriyo teritwari ya Nyiragongo, yagize ati: “Wazalendo bari no kw’iba imirima y’abaturage ndetse no mu mazu hanyuma bakanabafunga ndetse bakageza naho batwica. I kindi nuko Wazalendo bacukuye i Myobo Miremire iyo niyo ifungirwamo abaturage iyo bashize umutntu muruwo mwobo niho babona uburyo bwo gusaba umuryango we Amafaranga umuryango waramuka utayabonye wa Muntu agapfira muruwo mwobo.”

Aba Baturage bo muri teritwari ya Nyiragongo, baravuga kandi ko aba Wazalendo bakomeje nogukora ibikorwa bigayitse aho n’abadamu bafatwa kungufu. Umwe muri abo badamu yanze ko amazina ye amenyekana kumvo z’umutekano we yavuzeko abo Wazalendo arabana bazi hariya bakamenya n’Abantu bose baba bafite ifaranga n’utayafite baramuzi kuberico bagira abo bagendaho.

Ati: “Muri teritwari ya Nyiragongo tubayeho tutavuga ikibi icarico cose kubera gutinya kugirirwa nabi na Wazalendo.”

Yakomeje avuga ati: “Turasaba leta ya Kinshasa kuba yaza igakora iperereza kubibi dukorerwa.”

Undi Musore w’imyaka 25 yatanze ubuhamya kuri Minembwe Capital News ko yabyutse mu Gitondo asanga k’umuryango w’induka ryabo hari urwandiko rubasaba ko mu mpera z’uku kwezi kwa Cenda ko bakwiye kuzagurira Wazalendo ibirato bya bote 5 na Mahema ndetse n’ibyokurya.

Urwo rwandiko ngo mukurangiza ku rwandika bahise bavuga ko ngo mugihe ibyo bitazaboneka bazagirirwa nabi bikabije.

Amakuru yizewe Minembwe Capital News imaze kwakira nuko abaturage barenga 10 bamaze kwicwa mu minsi ingana n’ukwezi kumwe bakaba barishwe na Wazalendo.

Aba Baturage bagahamya ko ngo n’ubwo muriyi teritware ya Nyiragongo hakomeje kuvugwa imitwe ifasha ingabo za RDC kurwanya M23 ko iyo mitwe ariyo ibatesa kurutako M23 yaza ikigarurira ibyo bice ngo mugihe ingabo za FARDC zitaza kugoboka abo baturage.

By Bruce Bahanda.

Tariki 26/09/2023.

Tags: Bari kwicira abaturage mu MyoboKivu y'AmajyaruguruNyiragongoWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Topic: Imana yangize nkase wa Farao!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?