• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Muri Uganda, babiri basebeje Museveni batawe muri yombi.

minebwenews by minebwenews
November 13, 2024
in World News
0
Muri Uganda, babiri basebeje Museveni batawe muri yombi.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Uganda, babiri basebeje Museveni batawe muri yombi.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Abasore babiri bo mu gihugu cya Uganda bafunzwe bakurikiranyweho icyaha cyo gutuka perezida Yoweli Kaguta Museveni nabo mu muryango we.

Abo ni David Ssengozi Alias Lucky Choice na Isaiah ku wa mbere ushize, w’iki Cyumweru bagumishijwe muri gereza ya kigo kubera imvugo zibiba urwango no gutuka perezida Yoweli Kaguta Museveni, umugore we, Janet Kataha n’umuhungu wabo, Gen Kainarugaba Muhoozi,
n’uwitwa Calvin Kayanja n’abahanzi ba NRM barimo Jennifer Namutebi Nakangubi alias Full Figure; Gereson Wabuyi alias Gravity Omu tujju, na Patrick Mulwan alias Alien Skin.

Aba basore bombi kandi bareganwa n’uwitwa Julius Tayebwa uheruka kugezwa mu rukiko akagumishwa muri gereza nawe ya Kigo ku byaha nk’ibyo bimaze kuvugwa haruguru, nk’uko aya makuru yatangajwe na Daily Monitor.

Umucamanza mukuru wo mu rukiko rwa Entebbe, Stella Maris Amabillis, ku wa mbere nyine yabwiwe ko hagati y’ukwezi kwa kane n’ukwa Cyenda uyu mwaka, mu karere ka Wakiso, Ssengozi abinyujije kuri konti ye ya TikTok yitwa Lucky Choice 70 yahashyize ibiteye isoni, atesha agaciro ndetse ashishikariza rubanda kugirira nabi perezida Yoweli Kaguta Museveni n’abo mu muryango we, abo twamaze kuvuga munkuru hejuru.

Ibi akaba aribyo aba basore barimo kubazwa no gufungirwa.

Tags: Abasore babiriMuseveniUganda
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Trump uheruka gutorwa kuyobora Amerika yagize umuherwe w’inshuti ye minisitiri.

Trump uheruka gutorwa kuyobora Amerika yagize umuherwe w'inshuti ye minisitiri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?