• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Muri Uganda, imodoka yarimo abajenerali batatu yakoze impanuka ikomeye.

minebwenews by minebwenews
November 24, 2024
in World News
0
Muri Uganda, imodoka yarimo abajenerali batatu yakoze impanuka ikomeye.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Uganda, imodoka yarimo abajenerali batatu yakoze impanuka ikomeye.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Abasirikare batatu ba Uganda bari ku rwego rwa “General” n’umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ubanye n’amahanga, John Mulimba, bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yabereye ku muhanda wa Kampala.

Aba ba jenerali bakoze impanuka ni Lt Gen James Nakibus Lakara uyobora ikigo gishinzwe ubwikorezi bw’imizigo mu kirere, Lt Gen Andrew Gutti wayoboye urukiko rukuru rwa gisirikare na brig Gen Mwanje Ssekiranda uyobora umutwe w’inkeragutabara muri Uganda.

Amakuru ava muri ibyo bice impanuka yabereyemo, avuga ko iyo mpanuka ko yabaye ku wa kane ubwo imodoka aba bayobozi barimo yagongwaga n’ikamyo yari yacitse feri, ubwo bari bageze mu gace ka Namunsala mu muhanda wa Kampala.

Umuvugizi wa Polisi ya Uganda mu gice cya Savannah, Sam Twineamazima; yatangaje ko aba basirikare na minisitiri Mulimba bajanwe mu bitaro bya Bombo kugira ngo bitabweho n’abaganga.

Yagize ati: “Abakoze impanuka bihutishijwe ku bitaro bya gisirikare bya Bombo kugira ngo bavurwe. Amakuru yakusanyijwe n’abofisiye bashyinzwe iperereza ry’ahakorewe icyaha kugira ngo yifashishwe mu iperereza.”

Tariki ya 16/10/2024, kuri uyu muhanda kandi wa Kampala -Gulu na bwo wabereyemo impanuka ya fuso na taxi; ipfiramo n’abantu batandatu, n’abandi batanu barakomereka, nk’uko byavuzwe icyo gihe.

Tags: GeneralImpanukaKamapla
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Baltasar, uheruka gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga nk’umunyabyaha ruhebwa yagizwe umwere.

Baltasar, uheruka gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga nk'umunyabyaha ruhebwa yagizwe umwere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?