• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 2, 2025
  • Login
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Muri Ukraine abadepite barwaniye mu nama.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 1, 2025
in World News
0
Muri Ukraine abadepite barwaniye mu nama.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Ukraine abadepite barwaniye mu nama.

You might also like

Perezida Trump yagaragarije mugenzi we Putin uburakari bw’umuranduranzuzi.

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Abadepite bo mu nteko ishinga amategeko ya Ukraine barwanye nyuma yo kunanirwa kumvikana ubwo hatangwaga igitekerezo kijyanye n’amavugurura y’itegeko yakozwe atuma ikigo gishyinzwe kurwanya ruswa n’ishami ry’ubushinjacyaha naryo rirwanya ruswa.

Ni ku munsi w’ejo tariki ya 31/07/2025, bariya badepite barwanye, mbere y’uko babanjye gutukana bikomeye hagati yabo, nk’uko amakuru atangwa n’ibinyamkuru byo muri icyo gihugu abivuga.

Ibyo binyamakuru bikomeza bivuga ko iyi nama yari igamije gusubiramo amavugurura yakozwe tariki ya 22/07/2025, yasize ikigo gishyinzwe kurwanya ruswa n’ishami ry’ubushinjacyaha rishinzwe kurwanya ibyaha bya ruswa, bikwiye kujya bigenzurwa na guverinoma.

Ibi byakuruye impaka n’imyigaragambyo mu gihugu, binamaganirwa kure n’abaterankunga bo mu Burengerazuba bw’isi bafasha Ukraine.

Byacishijwe kuri television y’igihugu, igaragaza ibirimo kuba, ubundi kandi
abagabo babiri bo mu ishyaka riri ku butegetsi bagaragazwa barimo barwana mu gihe bari mu biganiro bungurana ibitekerezo.

Naho umugabo witwa Yulia Tymoshenko uyoboye ishyaka rya Fatherland we, amashusho yamwerekanye ari kuvugira imbere y’inteko, kandi ari gutunga urutoki bagenzi be, nk’ikimenyetso cy’uburakari bwinshi.

Nyamara kurwana kw’abadepite muri Ukraine, ngo si igishitsi, kuko ngo barabihorana, ndetse no mu cyumweru gishize hari abandi barwanye.

Tags: AbadepiteBarwanyeInteko ishinga amategekoUkraine
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Trump yagaragarije mugenzi we Putin uburakari bw’umuranduranzuzi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yagaragarije mugenzi we Putin uburakari bw'umuranduranzuzi. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje ko mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, atajyayubahiriza ibyo baba bavuganye...

Read moreDetails

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

by Bruce Bahanda
July 26, 2025
0
Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika. Intambara ihanganishije Cambodia na Thailand imaze kugwamo abantu 30 barimo n'abasivili abandi n'abo batari bake bamaze kuyikomerekeramo. Ihangana hagati...

Read moreDetails

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

Umuyobozi w'ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?