
Umunsi wose wokuri uy’u wa Kabiri, tariki 05/12/2023, hiriwe imirwano ikaze n’imirwano y’umvikanye mo urusaku rw’imbunda zikomeye n’izito.
Nk’uko byavuzwe kuva mu Gitondo n’uko iriya mirwano yarimo ihuza ingabo za Gen Sultan Makenga n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner ingabo z’u Burundi na Wazalendo.
Isoko yacu dukesha iy’inkuru ivuga ko imirwano yabereye munkengero z’u Mujyi wa Mushaki, kurundi r’Uhande imirwano y’indi ikaze yarimo ibera mu misozi y’unamiye u Mujyi wa Sake uri mu bilometre 27 n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Ahagana isaha za saa tatu(9:35Am), iriya mirwano yabereye mugace Katabiro kari mu bilometre 4 na Mushaki byaje kurangira u mutwe wa M23 wigaruririye kariya gace ko muri Grupema ya Kamuronza, teritware ya Masisi ahandi hafashwe n’ingabo za M23 nimuri Localite ya Musungati nayo iherereye nko mu bilometre 5 na Mushaki ahari ibirindiro by’ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mungabo za EACRF.
N’ubwo ingabo z’u Burundi zishinjwa na M23 kwinjira m’urugamba rweruye, uriya mutwe uhanganyemo n’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa ariko umuvugizi w’igisirikare c’u Burundi yanyomoje amakuru avuga ko bari muriyo mirwano.
Gusa amakuru dukesha abaturage baturiye ibyo bice bahamya ko abarundi bakomeje gupfira muri ririya mirwano ikomeje kubera munkengero z’u Mujyi wa Mushaki, muri teritware ya Masisi.
Muri iriya mirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, umutwe wa M23 wongeye kwambura ingabo za Republika ya Demokarasi n’abambari babo ibikoresho by’agisirikare byinshi birimo n’imbunda zirasa kure ko ndetse bafashe n’imbunda ya Blenda.
Bruce Bahanda.