Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M’urugamba rukaze rwabaye kuri uyu wa Kabiri, ruhuje Ingabo za ARC/M23, n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa Kinshasa M23 yafashe ibindi bice ndetse n’Imbunda zirasa kure.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 5, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunsi wose wokuri uy’u wa Kabiri, tariki 05/12/2023, hiriwe imirwano ikaze n’imirwano y’umvikanye mo urusaku rw’imbunda zikomeye n’izito.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nk’uko byavuzwe kuva mu Gitondo n’uko iriya mirwano yarimo ihuza ingabo za Gen Sultan Makenga n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner ingabo z’u Burundi na Wazalendo.

Isoko yacu dukesha iy’inkuru ivuga ko imirwano yabereye munkengero z’u Mujyi wa Mushaki, kurundi r’Uhande imirwano y’indi ikaze yarimo ibera mu misozi y’unamiye u Mujyi wa Sake uri mu bilometre 27 n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ahagana isaha za saa tatu(9:35Am), iriya mirwano yabereye mugace Katabiro kari mu bilometre 4 na Mushaki byaje kurangira u mutwe wa M23 wigaruririye kariya gace ko muri Grupema ya Kamuronza, teritware ya Masisi ahandi hafashwe n’ingabo za M23 nimuri Localite ya Musungati nayo iherereye nko mu bilometre 5 na Mushaki ahari ibirindiro by’ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mungabo za EACRF.

N’ubwo ingabo z’u Burundi zishinjwa na M23 kwinjira m’urugamba rweruye, uriya mutwe uhanganyemo n’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa ariko umuvugizi w’igisirikare c’u Burundi yanyomoje amakuru avuga ko bari muriyo mirwano.

Gusa amakuru dukesha abaturage baturiye ibyo bice bahamya ko abarundi bakomeje gupfira muri ririya mirwano ikomeje kubera munkengero z’u Mujyi wa Mushaki, muri teritware ya Masisi.

Muri iriya mirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, umutwe wa M23 wongeye kwambura ingabo za Republika ya Demokarasi n’abambari babo ibikoresho by’agisirikare byinshi birimo n’imbunda zirasa kure ko ndetse bafashe n’imbunda ya Blenda.

Bruce Bahanda.

Tags: M'urugamba rukaze rwabaye kuri uyu wa KabiriM23 yambuye ihuriro ry'ingabo zirwana k'uruhande rwa leta ya Kinshasa imbunda zirasa kure ndetse n'ibindi biceMushaki
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Isoko zo mu karere ka Rurambo zigiye kongera kurema neza naho Mundegu abapfulero bikanze Itoroshi babyita intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?