• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mutamba yabwiye Tshisekedi ibyo kumushyikiriza ubutabera aho byacuriwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 19, 2025
in Conflict & Security
0
Mutamba yabwiye Tshisekedi ibyo kumushyikiriza ubutabera aho byacuriwe.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mutamba yabwiye Tshisekedi ibyo kumushyikiriza ubutabera aho byacuriwe.

You might also like

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

Uwahoze ari minisitiri w’ubutabera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yamenyesheje perezida w’iki gihugu, Felix Tshisekedi ko umugambi wo kumujyana mu nk’iko wacuriwe i Kigali mu Rwanda.

Ibi yabimenyesheje Tshisekedi akoresheje ibaruwa ya mwandikiye yo ku mushyikiriza ubwegure bwe.

Ahagana ku itariki ya 17/06/2025, ni bwo Mutamba yeguye, mbere yo kugezwa mu butabera ngo aburane ku cyaha aregwa cyo kunyereza umutungo w’igihugu.

Uyu mugabo ashinjwa kunyereza miliyoni 19 z’amadolari y’Amerika yari agenewe kubaka gereza iri i Kisangani mu ntara ya Tshopo.

Ariko muri iriya baruwa yandikiye perezida Felix Tshisekedi yamubwiye ko nta dorali na rimwe rya Leta yigeze arya.

Akomeza avuga ko u Rwanda ari rwo rwacuze umugambi wo kumushyira hasi bitewe n’imanza yaciriye abayobozi ba AFC/M23, mbere yuko ushyirwa mu bikorwa na bamwe mu bayobozi ba RDC.

Yagize ati: “Nk’umuntu wawe wagize uruhare mu gukurikirana abayobozi bakuru ba AFC/M23, natangajwe no guterwa imbugita mu mugongo binyuze mu mugambi wa politiki bigaragara ko wacuriwe i Kigali ugashyirwa mu ngiro na bamwe muri bagenzi bacu, ugamije guca intege aya mavugurura no gukunda igihugu.”

Hano yasobanuye ko byagaragaye ubwo minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yakoresheje x amwishima hejuru, avuga kandi ko n’abayobozi bo muri AFC/M23 ko bagambiriye ku mwivugana.

Kandi avuga ko ibi abiguyemo nyuma yo gusimbuka kenshi amarozi yagiye ategwa.

Tags: InkikoMutambaumugambiWacuriwe i Kigali
Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by'i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ritazasubira mu biganiro by'i...

Read moreDetails

Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.

Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye. Mu gace ka Bibogobogo gaherereye muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, haguye imvura abaturage barayishimira. Uyu munsi ku wa...

Read moreDetails

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatangaje...

Read moreDetails

RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma.

RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yamaganye iya Kenya yashyizeho uhagararira inyungu zayo i Goma hagenzurwa n'ihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails

Col. Gisore w’Umunyamulenge wo mu ngabo za FARDC yaguye mu mpanuka y’indege.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
Auto Draft

Col. Gisore w'Umunyamulenge wo mu ngabo za FARDC yaguye mu mpanuka y'indege. Colonel Gisore Patrick uzwi cyane ku izina rya Kigofero hamwe n'umugore we n'abandi bantu batandatu baguye...

Read moreDetails
Next Post
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?