• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy’indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.

minebwenews by minebwenews
August 2, 2024
in World News
0
Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy’indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy’indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya 01/08/2024, hashinzwe ubuyobozi bushya n’amabwiriza agenga uwo muryango mashya, nk’uko tubisanga mu ibaruwa ndende uwo muryango washize hanze nyuma y’uko wari umaze gutora.

Nk’uko bigaragazwa n’iyi baruwa yashizwe hanze n’uy’umuryango mushya umaze igihe gito uvukiye i Mbarara ho muri Uganda, yerekana ko inama itegura gushyiraho ubuyobozi bw’uyu muryango wiyise “Shikama Mbarara Mutualite’ yabaye ku munsi w’ejo ahagana isaha ya saa kenda zuzuye.

Iy’i baruwa igaragaza ko ku murongo w’ibyigwa harimo ko bagomba gutanga amakuru y’imbitse avuga kubyatambutse ahanini ku byo kuvuka kw’iyi Mutualite nshya mu gihe i Mbarara hahoze Mutualite imwe ya Banyamulenge iyobowe na Frank Mine kugeza ubu akaba akiyoboye.

Ikindi cyari ku murongo w’ibyigwa, kwari ugutora ubuyobozi, maze byemezwa ko ubuyobozi bushirwaho, bahita bakora amatora ako kanya.

Iy’ibaruwa inagaragaza ko uwitwa Leopold Ruvugwa kwariwe wegukanye intsinzi ku bwiganze bw’amajwi 93,3%, aho yaje kungirizwa na bwana Shanga Aaron watowe ku majwi 86,4% ndetse kandi yungirizwa na Rurambya Fidel nawe wagize amajwi 86,4%.

Ni mugihe umwanditsi we, hatowe bwana Osee Mwungura aza kungirizwa na Ruberwa George naho bwana Sebineza Mwarabu ahabwa inshingano zokuba umubitsi mukuru aho azunganirwa na Justin Kigabo.

Imwe mu myanzuro yafatiwe muri iyo nama ni uko hagomba kuba umusanzu wo gufashya abaturage bari mu kaga k’intambara zidashira mu Burasirazuba bwa RDC.

Ikindi cyemejwe nukujya bibuka Abanyamulenge baguye mu Gatumba mu 2004, mu gihugu cy’u Burundi, ndetse no gukora ibisabwa byose kugira ngo uwo muhango uzukorwa mu buryo bwiza.

Ubwo rero, i Mbarara ahatuye Abanyamulenge benshi bahunze intambara mu Burasirazuba bwa RDC, mu gihe bahoraga bakorera muri Mutualite imwe, ubu siko bikigiye bikorwa kuko ubu bafite Mutualite zibiri, hari iyahozeho ari yo yitwa “Mbarara Mutualite” naho inshyashya yo ikaba yitwa “Shikama Mbarara Mutualite.”

                  MCN.
Tags: MbararaMutualiteNshyaShikamaYashizeho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Bidasanzwe perezida Félix Tshisekedi wa RDC yaganiriye na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame.

Bidasanzwe perezida Félix Tshisekedi wa RDC yaganiriye na mugenzi we w'u Rwanda, Paul Kagame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?