Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mutualite y’Abanyamulenge baturiye i Mbarara muri Uganda, batoye ubuyobozi, ariko havuka akandi gashamyi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 9, 2024
in World News
0
Mutualite y’Abanyamulenge baturiye i Mbarara muri Uganda, batoye ubuyobozi, ariko havuka akandi gashamyi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mutualite y’Abanyamulenge baturiye i Mbarara muri Uganda, batoye ubuyobozi, ariko havuka akandi gashamyi.

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Igihe c’isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 08/07/2024, Abanyamulenge baturiye i Mbarara mu gihugu cya Uganda batoye ubuyobozi bwabo, bubafasha kwiyegeranya no gufashyanya mu gihe cy’ibibazo.

Nk’uko iyi nkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice, ivuga ko “Frank Mine ariwe wongeye gutorerwa kuyobora iyi Mutualite y’Abanyamulenge i Mbarara, kandi ko yatowe ku bwiganze bwamajwi menshi, ku bayitabiriye.”

Robert Gatanazi wahoze n’ubundi yungirije Frank Mine muri manda ya mbere, yongeye gutorerwa uwo mwanya.

Ay’amatora y’itabiriwe n’abantu batari bake, nk’uko bigaragazwa n’ubutumwa bwa mashusho bwahawe Minembwe Capital News, aho bugaragaza abantu bakubise buzuye i salle yabereyemo icyo gikorwa cy’amatora. Kandi ay’amashusho agararamo abagabo bakuze, ndetse n’abakiri bato.

Ay’amatora ya Mutualite abaye mu gihe hari imwe mu miryango iyigize, ya yanenze, ikaba yari yifuzaga ko Frank Mine atongera kwiyamamaza. Ibi byatumye Mine aba umukandida umwe rukumbi.

Frank Mine amaze imyaka irenga ine ayoboye Mutualite y’Abanyamulenge i Mbarara. Harimo imyaka ibiri yamaze ari visi perezida aho yari yungurije Jaques Muhizi, ari nawe yaje gusimbura kuri uwo mwanya.

Atowe mu gihe, yari arangije manda y’imyaka ibiri.

Hagati aho, amakuru ava muri ibyo bice, avuga kandi ko “nyuma y’uko byari bimaze gutangazwa ko Frank Mine yongeye gutorerwa kuyobora Mutualite y’Abanyamulenge i Mbarara, ubwo byahise bitangira guhwihwiswa ko havutse irindi shyamyi ryi yise “Shikama Mbarara Mutualite.”

Ndetse bivugwa ko “ir’ishamyi rya maze kurema urubuga rwa Whatsapp ruzabafasha gutambutsa ibintu byabo.”

              MCN.
Tags: Akandi gashami kavutseBatoye ubuyoboziMbararaMine FrankMutualite y'Abanyamulenge
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
EAC iri gukora iyo bwakabaga ngwi mareho ibibazo bimwe na bimwe mu bihugu, harimo no kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

EAC iri gukora iyo bwakabaga ngwi mareho ibibazo bimwe na bimwe mu bihugu, harimo no kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?