• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mw’irahira rya Trump yaritangajemo impinduka.

minebwenews by minebwenews
January 20, 2025
in World News
0
Mw’irahira rya Trump yaritangajemo impinduka.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mw’irahira rya Trump yaritangajemo impinduka.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Donald Trump witeguye kurahirira kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuri uyu wa mbere tariki ya 20/01/2025, yatangaje ko kubera ikibazo cy’ubukonje bukabije bwitezwe atambukiriza ijambo rye mu ngoro y’inteko ishinga mategeko ari yo “US Capitol,” aho kuba hanze yayo nk’uko byari bitegekanyijwe.

Akarasisi n’indi myiyerekano biteganyijwe muri iri rahira rya Trump nabyo ntibibera hanze , ahubwo birabera mu nyubako ya Capitol One Arena yakira abantu ibihumbi 20 iri mu birometero 3,2 uvuye kuri US Capitol.

Ibirori byo kwishimira irahira rya perezida biteganijwe kuba inshuro 3, nabyo birabera muri iyi nyubako.

Kubatari bubashye kwinjira mu nyubako ya US Capitol mu gihe Trump azaba ari kugeza ijambo ku bitabiriye irahira rye, bashyiriweho uburyo bwo kumukurikira imbonankubone muri capital one Arena.

Trump yanatangaje ko namara kurahira azahita asura iyi nyubako.

Uwitwa Ronald Reagan ni we perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika wari uheruka kurahirira imbere mu nyubako ya US Capitol mu 1985 na bwo kubera ubukonje bwinshi bwari buhari.

Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Truth, Trump yavuze ko adashaka “kubona abantu bakonje, cyangwa bahura n’ikindi kibazo mu buryo ubwo ari bwo bwose kubera ubukonje. Niba hari ibirori wifuza kuzamo uzaze wambaye neza kugira ngo wirinde ubukonje.”

Yongeye kandi ati: “Buri wese azaba atekanye kandi yishimye . Twese hamwe tuzafatanya kongera guhindura Amerika igihangange.”

Mu mateka ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, William Henry Harrison ni we watanze imbwirwaruhame ndende ku munsi w’irahira nka perezida mu 1941, n’ubwo hari ubukonje bwinshi cyane icyo gihe.

Nyuma byaje kumuviramo indwara y’umusonga yaje no kumuhitana nyuma y’ukwezi kumwe arahiye, bituma ubuyobozi bwe buba bugufi mu mateka ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Tags: AmerikaIrahiraTrump
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare uri mu barinda perezida Tshisekedi yafashwe yiba.

Umusirikare uri mu barinda perezida Tshisekedi yafashwe yiba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?