Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Mw’irahira rya Trump yaritangajemo impinduka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 20, 2025
in World News
0
Mw’irahira rya Trump yaritangajemo impinduka.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mw’irahira rya Trump yaritangajemo impinduka.

You might also like

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Donald Trump witeguye kurahirira kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuri uyu wa mbere tariki ya 20/01/2025, yatangaje ko kubera ikibazo cy’ubukonje bukabije bwitezwe atambukiriza ijambo rye mu ngoro y’inteko ishinga mategeko ari yo “US Capitol,” aho kuba hanze yayo nk’uko byari bitegekanyijwe.

Akarasisi n’indi myiyerekano biteganyijwe muri iri rahira rya Trump nabyo ntibibera hanze , ahubwo birabera mu nyubako ya Capitol One Arena yakira abantu ibihumbi 20 iri mu birometero 3,2 uvuye kuri US Capitol.

Ibirori byo kwishimira irahira rya perezida biteganijwe kuba inshuro 3, nabyo birabera muri iyi nyubako.

Kubatari bubashye kwinjira mu nyubako ya US Capitol mu gihe Trump azaba ari kugeza ijambo ku bitabiriye irahira rye, bashyiriweho uburyo bwo kumukurikira imbonankubone muri capital one Arena.

Trump yanatangaje ko namara kurahira azahita asura iyi nyubako.

Uwitwa Ronald Reagan ni we perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika wari uheruka kurahirira imbere mu nyubako ya US Capitol mu 1985 na bwo kubera ubukonje bwinshi bwari buhari.

Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Truth, Trump yavuze ko adashaka “kubona abantu bakonje, cyangwa bahura n’ikindi kibazo mu buryo ubwo ari bwo bwose kubera ubukonje. Niba hari ibirori wifuza kuzamo uzaze wambaye neza kugira ngo wirinde ubukonje.”

Yongeye kandi ati: “Buri wese azaba atekanye kandi yishimye . Twese hamwe tuzafatanya kongera guhindura Amerika igihangange.”

Mu mateka ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, William Henry Harrison ni we watanze imbwirwaruhame ndende ku munsi w’irahira nka perezida mu 1941, n’ubwo hari ubukonje bwinshi cyane icyo gihe.

Nyuma byaje kumuviramo indwara y’umusonga yaje no kumuhitana nyuma y’ukwezi kumwe arahiye, bituma ubuyobozi bwe buba bugufi mu mateka ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Tags: AmerikaIrahiraTrump
Share46Tweet29Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare uri mu barinda perezida Tshisekedi yafashwe yiba.

Umusirikare uri mu barinda perezida Tshisekedi yafashwe yiba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?