• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mwishamba rya Kibira, haravugwa imirwano hagati ya basirikare ba Barundi numutwe wa FLN urwanya leta ya Kigali.

minebwenews by minebwenews
July 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano ikomeye mwishamba rya Kibira ho muntara ya Cyibitoki, mugihugu c’u Burundi.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 11/07/2023, saa 8:05Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuva kuruyu wa Gatanu w’iki Cyumweru gishize, muntara ya Cyibitoki mugihugu c’u Burundi hakomeje kunvikana urwamo rwamasasu bikavugwako muriyo mirwano abantu batanu mubaje bitwaje imbunda bishwe mu mirwano n’abasirikare b’Abarundi. Iyo mirwano ikaba ikomeje kuvugwa mwishamba rya Kibira.

Mumakuru yizewe Minembwe Capital News, dukesha ibitangaza makuru by’u Burundi, nuko iyo mirwano ikomeje kubera ku gasozi karemano ka Kibira, mu midugudu ya Gasenyi na Gafumbegeti yo mu karere ka Mabayi mu ntara ya Cyibitoke (mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’Uburundi).

Nk’uko byatangajwe n’igisirikare cy’u Burundi mumujyi wa Bujumbura , bemeje ko iyo mirwano yabaye banatangaza ko murabo barwanyi hamaze kwicwa mo batanu.

Abatuye hafi y’iyi midugudu bavuga ko bafite ubwoba. Basaba ko umutekano wabo ingabo z’u Burundi zawubaha.

Umusirikare mukuru, ushinzwe ibikorwa mu turere twa Mabayi na Bukinanyana, yijeje abaturage ba Barundi bomwibyo bice umutekano mwiza ariko abasaba kutijajara.

Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano avuga ko mu irondo ryabereye mwiryo shamba rya kibira, abasirikare ba Barundi barashe ku mutwe w’abantu bitwaje imbunda mwiryo shyamba maze Batanu muri bo bahita bahasiga ubuzima abandi bane barakomereka bikabije.

Bikavugwa ko izonyeshamba zihanganye nabasirikare ba Barundi arabo mumutwe wa FLN urwanya leta ya Kigali.

Amakuru aturuka i Bujumbura akavuga ko kuruyu wambere habaye gushingura abishwe bashinguwe mwishamba rya Kibira naho abakomeretse barimo kuvurirwa mu bitaro i Bujumbura.

Hagati ya saa sita, kuri uyu wa mbere, umurambo w’umusirikare w’Uburundi wabashe kuboneka hafi n’ishamba rya Kibira abo bivugwa ko waba waraguye muriyo mirwano.

Uwo mutwe w’itwaje imbunda uhanganye n’Ingabo z’u Burundi bikavugwako baza rwihishwa mu gucukura zahabu no gucuruza imbaho ​​ziva mu biti by’amashyamba.

Ibi bibaye mugihe u yumutwe witwaje intwaro wo mu Rwanda FLN uvugwa mwiri shyamba rya Kibira.

Iritsinda risa nkaho ritegura gutera Igihugu c’u Rwanda.

Tags: Abasirikare ba BarundiFLNImirwanomwishamba rya Kibira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Imirwano yokuruyu wakabiri, M23 yongeye kwigarurira Muhanga na Kavumu homu Majyaruguru ya Kivu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?