Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nangaa yasobanuye uburyo Abanye-Congo bose ari abanyamuryango ba AFC/M23, ndetse n’uburyo Tshisekedi ari gukora ibyaha by’intambara.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 7, 2025
in Regional Politics
0
Umuyobozi mukuru wa AFC yatangaje icyihutirwa ingabo ze zigiye gukora vuba aha.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nangaa yasobanuriye isi yose uburyo Abanye-Congo bose ari abanyamuryanngo ba AFC/M23, ndetse n’uburyo Tshisekedi ari gukora ibyaha byo mu ntambara.

You might also like

Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Perezida Museveni yavuze amavu n’amavuko y’intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n’uko yorangizwa.

Umuyobozi mukuru w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC), ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, Corneille Nangaa, yatangaje ko Abanye-Congo bose ko ari abanyamuryango baryo, anavuga uburyo Tshisekedi yakoze icyaha cy’intambara ubwo yafungaga ibikorwa bya Bank muri Kivu.

Nangaa yabigarutseho ubwo yagiranaga ikiganiro n’umunyamukuru wigenga w’Umunyekongo, Steve Wembi, aho yahise amubwira ati: “Buriya niba utabizi, Abanye-Congo bose ni abanyamuryango ba AFC/M23. Rwose nibyo.”

Muri iki kiganiro, yanamubwiye ko “impindura matwara ko ikomeje, bityo ko muri iyi minsi nta munyekongo udategereje AFC/M23.

Yashimangiye ibi avuga ko kuva i Bujimaï ukagaera i Lubumbashi, za Kisangani ahantu hose bategereje AFC/M23.

Ubundi kandi asobanura ko ihuriro rya AFC ryashoboye kugarura ituze mu mujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, kandi ko yabikoze mu gihe cy’amezi atatu gusa ashize, kandi wari warahungabanye cyane ubwo warimo abasirikare ba Leta y’i Kinshasa mbere yariya mezi atatu.

Ati: “Kuva mbere nko mu myaka itanu ishize, kugeza mu ntangiriro z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka, ntihashyiraga icyumweru ntumvise impuruza. Uyu munsi i Goma, abantu bararyama bagasinzira, ushobora kujya mu kabyiniro, ubuzima buratekanye.”

Gusa, yavuze ko umujyi wa Goma n’uwa Bukavu bibangamiwe n’uko ibikorwa bya Banki byahagaze, bitewe nuko Leta y’i Kinshasa yabihagaritse ubwo abarwanyi ba AFC/M23 bafataga iyi mujyi.

Yasobanuye ko gufunga ibikorwa bya Banki atari amayeri y’intambara, ahubwo ko ari icyaha cy’intambara.

Ati: “Isi yose ibimenye, ikiremwamuntu kibimenye ko guhagarika amafaranga yabitswe n’abo muri Kivu atari amayeri y’intambara, ahubwo ni icyaha cy’intambara.”

Mu rwego rwo guhangana n’ingaruka z’ifungwa rya Banki, AFC/M23 yafunguye ikigega kizajya gikoreshwa n’abaturage mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo mu buryo bwo kubitsa, kubikuza no gufata inguzanyo.

Tags: AFC/m23Icyaha cy'intambaraTshisekedi
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

by Bruce Bahanda
June 26, 2025
0
Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y'u Rwanda na RDC. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko inyandiko izashyirwaho umukono ku wa gatanu, ko ari...

Read moreDetails

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
June 26, 2025
0
Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa. Olusegun Obasanjo wabaye umukuru w'igihugu cya Nigeria yagiriye uruzinduko i Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, agirana ibiganiro n'umukuru w'iki...

Read moreDetails

Perezida Museveni yavuze amavu n’amavuko y’intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n’uko yorangizwa.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Perezida Museveni yavuze amavu n’amavuko y’intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n’uko yorangizwa.

Perezida Museveni yavuze amavu n'amavuko y'intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n'uko yorangizwa. Umukuru w'igihugu cya Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko intambara ihanganishije Israel, Iran na...

Read moreDetails

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze. Umukuru w'igihugu cya Uganda Yoweli Kaguta Miseveni azongera yiyamamaze mu matora ateganyijwe kuba muri iki gihugu umwaka utaha wa 2026. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye mu biro bye Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria. Ni kuri uyu wa...

Read moreDetails
Next Post
U Buhinde mu mugambi wo gutera Pakistan.

Ibitero by'indege i Moscow byatumye ibibuga by'indege bifungwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?