• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
December 4, 2025
in World News
0
Auto Draft
64
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

You might also like

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe rumaze imyaka irenga itanu mu nkiko, aregwa ibyaha bya ruswa, uburiganya no gukenesha icyizere cy’akazi ka Leta.

Ibaruwa yo gusaba imbabazi yagejejwe kuri Perezida ku Cyumweru tariki ya 30/12/025 n’abanyamategeko ba Netanyahu, nyuma y’uko Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashyize igitutu asaba ko Netanyahu “ahanagurirwaho ibyaha byose”.

Trump aherutse kubwira Inteko Ishinga Amategeko ya Israheli ati:
“Ni iki kibazo gihari cyatuma Netanyahu adahabwa imbabazi? Mu babarire uwo mugabo. Ni umuyobozi ukomeye.”

Ikipe ya Netanyahu yagejeje ibaruwa ye kuri Perezida yifashishije amagambo ya Trump, ishimangira ko “inyungu rusange z’igihugu ziri hejuru ya byose,” cyane cyane muri ibi bihe Israel ihanganye n’ibibazo bikomeye by’umutekano mu karere k’Abarabu.

Iyo baruwa igira iti:
“Israel iri mu bihe bikomeye bishobora guhindura imiterere y’Akarere kose iherereyemo.”

Abamusabiye imbabazi bavuze ko guhagarika uru rubanza byafasha Netanyahu gushyira imbaraga zose ku miyoborere y’igihugu no “gusigasira icyubahiro cya Leta no guhosha imvururu ziri mu gihugu”.

Netanyahu ubwe, mu ibaruwa yandikiye Perezida Herzog, yavuze ko atigeze yifuza guhagarika urubanza kuko yizeye ko ruzarangira ahanaguweho ibyaha. Nyamara yongeyeho ko inyungu rusange z’igihugu zimusaba kugira umurongo ahindura.

Yagize ati:
“Nta cyaha nemera, nta n’icyo nasabira imbabazi. Ariko nizera ko inyungu z’igihugu zinsaba kwitanga.”
Yemeje ko adateganya kwegura cyangwa kwemera icyaha.

Netanyahu aregwa ibyaha bya ruswa, uburiganya no kwangiza icyizere cy’akazi ka Leta, byose bifitanye isano n’impano n’inyungu bivugwa ko yakiriye mu banyemari n’abanyamakuru bakomeye.

Icyifuzo cye cyo guhagarika urubanza kije nyuma y’uko guverinoma ye yatangije mu 2023 umugambi wo guhindura imikorere y’ubucamanza, ibintu byateje imyigaragambyo ikomeye mu gihugu hose.

Perezida Herzog yavuze ko iki ari “icyifuzo kidasanzwe gifite ingaruka zikomeye ku butegetsi n’ubucamanza bwa Israel”. Yatangaje ko agiye kugisuzuma mu buryo bwimbitse, afatanyije n’inzobere mu by’amategeko.

Mu mategeko ya Israel, Perezida ashobora gutanga imbabazi, nubwo akenshi bitagenerwa umuntu utigeze yemera icyaha.

Yair Lapid, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, yagize ati:
“Nta mbabazi zitangwa ku muntu utigeze yemera icyaha, utaragize n’isoni zo kwica amahame y’igihugu, kandi utiteguye kuva muri politiki.”

Iyo nkuru ishyira Netanyahu mu bibazo bikomeye bya politiki n’amategeko, mu gihe Israel ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye mu rwego rw’umutekano n’ubutegetsi.

Tags: ImbabaziIsraelNetanyahu
Share26Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails
Next Post
Luvungi Yafashwe: Imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na FARDC, imirambo y’ingabo z’u Burundi isigara ku rugamba

AFC/M23 Yitambitse Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi mu Kirere mu Mirwano Ikaze ku Misozi iri hejuru y'i Kibaya cya Rusizi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?